Posts

Showing posts from May, 2019

L´AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 4

Image
L'AMOUR D'UN PAUVRE SEASON Ⅰ EPSODE Ⅳ D uheruka nancy yikanze nibaza icyo abaye.twakomeje na epsode 4   Ubwo Nancy namubaji icyo abaye ambwirako ari agasimba yarabonye kuri tee-shirt yange yarafite ubwoba ko kandya ubwo yahise akankuraho naho nange ngo naringiye guhabwa ama kiss kandi ari agasimba bari bagiye kunkuraho ubwo nahise mubwira Brain ;merci bb  Nancy ;ok  Brain ; nonese  Nanc y kuber iki waruvuzengo biragutunguye kuba ngukoreye biriya?   Nancy ; nuko ntarinziko unyisanzuraho.arko biranshimishije cyane  Brain ; urumva nabura kukwisanzuraho gute nigihe tumaranye   Nancy ;sh suko nagufataga nabonaga uri umu type utagira blague Brain ; tubireke ibyo gusa nyine ubonyeko wanyibeshyagaho.nonese warumeze neza  Nancy ; sh ntaribi kbx.what about u?  B rain ; me too I’m ok.nonese ko numvishe uvuga sharmilla yarakize ko ejo twatandukanye ameze nabi? Nancy ; yarakize sh ntago byari bikomeye cyane nkuko twabicyekaga Brain ;ok ndumva aribyiza naringizego bira

AMAHASA: Menya vyinshi kuraba baririmvyikazi Arselo Twins

Image

L'AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 3

Image
L'AMOUR DU PAUVRE     SEASON Ⅰ EPSODE Ⅲ U bwo nasanze ari Nancy washakaga kuntungura Brain ;puuu!!! Burya ni woe uzi ukuntu unkanze Nancy; ubwose warugizengo ninde wundi koko!!!! brain; saw tubireke. Amazi urayanyweye x nancy;yego maze nawe nakuzaniye brain ((akivuga atyo yahise akuramo amajupa 2 ya juice nibaza uburyo amazi yavuyemo juice gusa ndamureba gusa ntegereza icyo ambwira))  nancy;akira mwana ureke kundeba brain;nonese nancy hano muri st family iyo uvuzeko ugiye kunwa amazi uba ugiye kunywa juice nancy; wapi 2 nuko nagiye kunwa amazi nsanga hariyo abantu benshi nsanga ntabategereza kandi mfite inyota brain ( ubwo nahise mfata ako ka juice ndagotomerara doreko nubwo narindi kwigira danger inyota yari yose nasomyeho nka 2 dutangira kuganira)) Brain arikose ubitekereje ute kuzana izi juice Nancy ;nibisanzwe ariko kuko ntanibirenze birimo kbx doreko twari tuvuye nomuri sport dukeneye sugar in our body brain; okey.thanks nancy;thanks u too Brain

L’AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 2

Image
L’AMOUR DU PAUVRE SEASON I EPISODE Ⅱ Duheruka ngeze hanze ngatangara cyane kubera icyo narimbonye.   T wakomeje Naho twari tugeze ubwo nageze hanze mbona umukobwa ucanye like sun umurika like moon nibindi byinshi. Ubwo twaramwegereye tukihagera yahise amwenyura ndebye mu kanwake ukuntu arumukara gusa numva ibyange byose narekura. Twahise tumwegera neza sharmilla atangira ikiganiro. Sharmilla; okey brain nuyu wagushakaga   Brain ;okey ndamubona! ( ubwo sharmilla yahise yigendera adusiga aho ) uwo mu sister yahise atangira ikiganiro : Sisy ; hy   Brain ; hy sisy: Okey kubera aringe wagutumyeho reka abe aringe ukwibwira mbere nitwa Umutoniwase Nancy.   Brain ;nange nitwa   Mugisha Brain . Ariko ufite amazina meza nancy   Nancy; hahh ntago ari cyane nkawe arko.gusa thx. Brain ; oya woe urandusha!!! Nonese wiga muwakangahe? Nancy niga muri S4 kbx Brain ;wapi ntibishoboka ko umuntu yabona wiga nko muwa S5 x Nancy; kuber braian;ndabona uri sha

L'AMOUR DU POVRE Season 1 EPISODE 1

Image
L'AMOUR DE LA POVRE SEASON Ⅰ " Murukundo harimo imbogamizi nyinshi uhura nazo ariko iyo ubyitwayemo neza uhava gitwali. Kandi burya urukundo nyarwo ntirukurikira ubutunzi. Kugira usobanukirwe neza aya magambo dutangiranye iyi Film L'AMOUR DE LA POVRE ntigucike ." SEASON I EPSODE I D utangiriye murugo rumwe cg ahantu hamwe gusa turabona ari umuryango wishimye, nubwo badatunze cyane ariko duke bafite turabashimishije. Turabona ari umumama nu mwana w’umuhungu ubona bose ari beza cyane mumvugo zubu bihagazeho. Mama brain:ese brain ko utambwiye amanota yibizami mwakoze ntago arasohoka? Brain:mam ntago mbizi neza gusa barikuvugako asohoka uyu munsi Bakiri muribyo turabona umukobwa uje ubasanga umukobwa ubuna akiri muto gusa ukeye byahatari kbx.mukirundi ubona afite akazoza keza.yaje abasanga ubona yishimye cyane bigaragarira ijisho Mam brain : nikose nadia ko mbona uje wishimye cyane byageze gute kibondo cyange? Nadia : mam nawe brain mufore ariki ngiye kuba