L’AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 2

L’AMOUR DU PAUVRE

SEASON I

EPISODE Ⅱ

Duheruka ngeze hanze ngatangara cyane kubera icyo narimbonye. 

Twakomeje Naho twari tugeze ubwo nageze hanze mbona umukobwa ucanye like sun umurika like moon nibindi byinshi.
Ubwo twaramwegereye tukihagera yahise amwenyura ndebye mu kanwake ukuntu arumukara gusa numva ibyange byose narekura. Twahise tumwegera neza sharmilla atangira ikiganiro.

Sharmilla; okey brain nuyu wagushakaga
 Brain;okey ndamubona!
(ubwo sharmilla yahise yigendera adusiga aho)
uwo mu sister yahise atangira ikiganiro: Sisy; hy
 Brain; hy sisy: Okey kubera aringe wagutumyeho reka abe aringe ukwibwira mbere nitwa Umutoniwase Nancy. 
Brain;nange nitwa  
Mugisha Brain. Ariko ufite amazina meza nancy
 Nancy;hahh ntago ari cyane nkawe arko.gusa thx. Brain; oya woe urandusha!!! Nonese wiga muwakangahe? Nancy niga muri S4 kbx Brain;wapi ntibishoboka ko umuntu yabona wiga nko muwa S5 x Nancy; kuber braian;ndabona uri shapu cyane wagirango ikigo urakimenyereye sana nancy;gusa bias nkabyo kuko murikigo mpafite incuti nyinshi zihamaze igihe urumvako kuhamenyera bitamfashe igihe. Brain;kbx nturi nkange wahisanze uretse incuti yange imwe twazanye gusa nancy; humura incuti uzazibona kubwinshi kandi ndakeka wamaze kuzibona brain;nanone mukigo gifite abanyeshuri barenga 1500 ntiwabura incuti kereka udashobobotse kbx nancy;ongeraho umu star nkawe umaze kumenyekana mumikino yose yagafashe hano mukigo brain;ntabu star mbonaha kbx umuntu wa fake nkange nancy;urakaze mwana gusa ikibazo nigihe ngo ubimenye.okey reka nkubwire icyo nagushakiraga 

Brain;ntaribi2 go ahead. Nancy;naga service nashakaga kugusaba ahubwo mbwira niba bishoboka Brain;niba ari ibitarenze ubushobozi bwange ntaribi kbx nancy;kuri woe ndabizi biroroshye ahubwo mbwira nib wemeye brain;okey niba ubizi neza ko mbishoboye ntaribi ndemeye nancy;oohh good boy.nabonye uzi gukina basketball nifuzako wazanyigisha mugihe tuba turi hano school nko muri weekend twabonye umwanya.kuko ndashaka kuba umukinnyi ukaze brain;ohhh ntaribi nagizengo nikindi ibyo ntaribi nzabikora uko nshoboye sibyose? Nancy;menye 1/3 kibyuzi ntaribi2 brain;ubona mbizise? Nancy:cyane rwose ahubwo muminsi irimbere ikigo uzaba uruwambere unikurikira brain;sh nancy thx kbx umpaye ikizere nancy;urashoboye boy 

((ubwo twakomeje kuganira na nancy gusa amasaha ya refe yarageze turatandukana nsubira darassa njya kureba Gauthier ngo tujyane kurya gusa yazamutse antera umunwa ngo mfite umwana namwe murabizi ibya amour scollaire’urukundo rwo ku ishuri’ uko ruba rumeze,ubwo nakomeje kumubwirako ntabirenze yanshakiraga uretse kumwigisha basket gusa ambwirako aruko bitangira mbonye yanfunzeho incwanga nda mu poa.duhindura ikiganiro.)) 

Uwo hari kuw gatandatu muma saah ya 15:30 nibwo twarimo twiterera story na ma niga yange dormitory; uwo mu type;vip abasa Gauthier;poa mn type;konshaka umu type bita brain x abasa Gauthier;nuwiki se mn type;harumuntu umushaka2 brain; indese mn type;nib mumuzi mumbwire mn nigendere brain; ninge mn type;nitwa Didier.bury ni woe mn brain;cyane rwose ninge nonese mn ninde Didier;ari mukigo mn zamuka ugekureba2 gauthier; mn genda wabona arumuntu utwibutse dore twri nokunkoni bikaze brain;reka ngende mn wabona arutuzaniye mura brain;mn uze kuntunganyiriza za staff nintinda bro Gauthier ntaribi cpo 

((ubwo narazamutse mukigo nkigera aho Didier yambwiye natunguwe nokubona umwana mwiza wumukobwa mwiza byahatari yambaye tenni ya sport ubona asa nuwiteguriye kujya sport uwo ntawundi ni wamukobwa twari kumwe last night Nancy))

Brain;bite nancy
 Nancy;ni saw kbx ariko uri umwan mubi brain;gute x nancy nancy;wirengegije ibyo twaraye dusezeranye ((ubwo nancy yambwiye gutyo nibukako namwemereye kuzajya mwigisha muri weekend numva isoni ziranyishe gusa nkumugabo kugira atandeba mu bwonko ko namubeshe nahise nshaka icyo mubeshya))

Brain;sh sorry kbx.nabyutse numva meze nabi fooo umutwe urimo undya byasana mpitamo kubandyamye niyo mpamvu ubona natinze nancy;yooo!! Pole sana burya nuko byagenze uzi ukuntu nari nakurakariye mwna.ahubwo wasanga nkurogoye sorry kbx brain;ntaribi kbx kuko hari hashize umwanya mbyutse.ndikumva nakize2 nancy; noneho uri ready tugende brain;ntaribi2 tugende kuko iyo nemeye ikintu ndagikora kugira nzavemo umugabo uhamye(navuze utyo mbona arishimye ubwo nahise manuka nange jya kwambara tenn ndazamuka turagenda)
Brain;urabona ntinze nancy;wap maze.ugize vuba brain;nonese nancy nubwambere ugiye gukina basket nancy;oya ntago arubwambere gusa nubwa mbere ngiye gutozwa numuhanga nkawe brain;nawe urakabya urabona murikikigo kingana gutya aringe muhanga kurusha abandi nancy;serieux pe urakaze brain;merci kbx

((ubwo twagiye kukibuga tugezeyo kubwamahirwe twasanze uwo munsi kukibuga ntabantu benshi bahari kuko hari ibibuga bibiri icyo kwitorezaho nicyo gukiniraho ubwo twe twahise tujya kucyo kwitorezaho,dutangira gukina ubona nancy afite umuhate wogukina kandi ubona abizi pee,twakomeje gukina ndimo nirebere uryo nancy ateye neza rimwe narimwe nkakubita amaso kuri her breast(amabere) nkumva ndazonzwe twagira nuko turimo dukina rimwe narimwe akaba arimo akankozaho amabereye nkumva ibyari ugutoza byahinduka ibindibindi kuko uko nancy yarateye buri giceke cyose cyumubiri cyari giteye neza noneho muntegeze hari hatari,gusa nari control ye mbyikuramo dukomeza gukina.hashize akanya arambwirango ararushye)) 

nancy;umva mwana ndarushye reka turekere brain;ntaribi niba unaniwe rek tuge hariya munsi yakiriya giti tube twiganirira
nancy ;ntaribi rek tugende
Brain(ubwo yarabyemeye numva ndishimye by asana doreko yarankoreye kuko iyo dukomeza gukina ankozaho her breast umubiri wari gutsindwa kbx)) brain;waruhutse nancy;ndumva birikuza gusa ukoresha imyitozo ugakabya 2 brain; nibwo ubifata nancy kandi ntacyo ugeraho utarushye nancy;nibyo kbx.ariko brain waretse nkanjya kumwa amazi hariya hirya brain;wap rek uyanywe dutashye nancy;please brain 3 min only brain;ok ntarib go.( ubwo yaragiye gusa mbona aho kugana aho bajya kunwera amazi akase kunzira ijya canteen gusa sinabyitaho kuko nari nifitiye intekerezo nyinshyi zuburyo ndikumwe nu mwana wo mukantu(mu baherwe) kandi unafite ubwiza butangaje nakibuka uburyo murugo ntanurwara rwokwishima bigirira nkumva ninzira ebyiri zihabanye.nkiri muribyo inekerezo zantwaye nagiye kumva numva umuntu anturutse inyuma apfuka mumaso abonye ntari 
 kumumenya yahise akura ibinganza kumaso yange nsanga Ni………… 

Next epsode. 

COMMING SOON 

Urakeka arinde?? ese urakeka imitozo yange na Nancy izarangirirahe??? Like,comment na share tugakomeza

Comments

Post a Comment

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2