L’AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 2
L’AMOUR DU PAUVRE
SEASON I
EPISODE Ⅱ
Duheruka ngeze hanze ngatangara cyane kubera icyo narimbonye.
Twakomeje Naho twari tugeze ubwo nageze hanze mbona umukobwa ucanye like sun
umurika like moon nibindi byinshi.
Ubwo twaramwegereye tukihagera yahise
amwenyura ndebye mu kanwake ukuntu arumukara gusa numva ibyange byose
narekura. Twahise tumwegera neza sharmilla atangira ikiganiro.
Sharmilla;
okey brain nuyu wagushakaga
Brain;okey ndamubona!
(ubwo sharmilla yahise
yigendera adusiga aho)
uwo mu sister yahise atangira ikiganiro: Sisy; hy
Brain; hy sisy: Okey kubera aringe wagutumyeho reka abe aringe
ukwibwira mbere nitwa Umutoniwase Nancy.
Brain;nange nitwa
Mugisha
Brain. Ariko ufite amazina meza nancy
Nancy;hahh ntago ari cyane nkawe
arko.gusa thx. Brain; oya woe urandusha!!! Nonese wiga muwakangahe?
Nancy niga muri S4 kbx Brain;wapi ntibishoboka ko umuntu yabona wiga nko
muwa S5 x Nancy; kuber braian;ndabona uri shapu cyane wagirango ikigo
urakimenyereye sana nancy;gusa bias nkabyo kuko murikigo mpafite incuti
nyinshi zihamaze igihe urumvako kuhamenyera bitamfashe igihe. Brain;kbx
nturi nkange wahisanze uretse incuti yange imwe twazanye gusa nancy;
humura incuti uzazibona kubwinshi kandi ndakeka wamaze kuzibona
brain;nanone mukigo gifite abanyeshuri barenga 1500 ntiwabura incuti
kereka udashobobotse kbx nancy;ongeraho umu star nkawe umaze kumenyekana
mumikino yose yagafashe hano mukigo brain;ntabu star mbonaha kbx umuntu
wa fake nkange nancy;urakaze mwana gusa ikibazo nigihe ngo
ubimenye.okey reka nkubwire icyo nagushakiraga
Brain;ntaribi2 go ahead.
Nancy;naga service nashakaga kugusaba ahubwo mbwira niba bishoboka Brain;niba ari ibitarenze ubushobozi bwange ntaribi kbx nancy;kuri woe
ndabizi biroroshye ahubwo mbwira nib wemeye brain;okey niba ubizi neza
ko mbishoboye ntaribi ndemeye nancy;oohh good boy.nabonye uzi gukina
basketball nifuzako wazanyigisha mugihe tuba turi hano school nko muri
weekend twabonye umwanya.kuko ndashaka kuba umukinnyi ukaze brain;ohhh
ntaribi nagizengo nikindi ibyo ntaribi nzabikora uko nshoboye sibyose?
Nancy;menye 1/3 kibyuzi ntaribi2 brain;ubona mbizise? Nancy:cyane rwose
ahubwo muminsi irimbere ikigo uzaba uruwambere unikurikira brain;sh
nancy thx kbx umpaye ikizere nancy;urashoboye boy
((ubwo twakomeje
kuganira na nancy gusa amasaha ya refe yarageze turatandukana nsubira
darassa njya kureba Gauthier ngo tujyane kurya gusa yazamutse antera
umunwa ngo mfite umwana namwe murabizi ibya amour scollaire’urukundo rwo
ku ishuri’ uko ruba rumeze,ubwo nakomeje kumubwirako ntabirenze
yanshakiraga uretse kumwigisha basket gusa ambwirako aruko bitangira
mbonye yanfunzeho incwanga nda mu poa.duhindura ikiganiro.))
Uwo hari
kuw gatandatu muma saah ya 15:30 nibwo twarimo twiterera story na ma
niga yange dormitory; uwo mu type;vip abasa Gauthier;poa mn
type;konshaka umu type bita brain x abasa Gauthier;nuwiki se mn
type;harumuntu umushaka2 brain; indese mn type;nib mumuzi mumbwire mn
nigendere brain; ninge mn type;nitwa Didier.bury ni woe mn brain;cyane
rwose ninge nonese mn ninde Didier;ari mukigo mn zamuka ugekureba2
gauthier; mn genda wabona arumuntu utwibutse dore twri nokunkoni bikaze
brain;reka ngende mn wabona arutuzaniye mura brain;mn uze
kuntunganyiriza za staff nintinda bro Gauthier ntaribi cpo
((ubwo
narazamutse mukigo nkigera aho Didier yambwiye natunguwe nokubona umwana
mwiza wumukobwa mwiza byahatari yambaye tenni ya sport ubona asa
nuwiteguriye kujya sport uwo ntawundi ni wamukobwa twari kumwe last
night Nancy)).
Brain;bite nancy
Nancy;ni saw kbx ariko uri umwan mubi
brain;gute x nancy nancy;wirengegije ibyo twaraye dusezeranye ((ubwo
nancy yambwiye gutyo nibukako namwemereye kuzajya mwigisha muri weekend
numva isoni ziranyishe gusa nkumugabo kugira atandeba mu bwonko ko
namubeshe nahise nshaka icyo mubeshya))
Brain;sh sorry kbx.nabyutse numva
meze nabi fooo umutwe urimo undya byasana mpitamo kubandyamye niyo
mpamvu ubona natinze nancy;yooo!! Pole sana burya nuko byagenze uzi
ukuntu nari nakurakariye mwna.ahubwo wasanga nkurogoye sorry kbx
brain;ntaribi kbx kuko hari hashize umwanya mbyutse.ndikumva nakize2
nancy; noneho uri ready tugende brain;ntaribi2 tugende kuko iyo nemeye
ikintu ndagikora kugira nzavemo umugabo uhamye(navuze utyo mbona
arishimye ubwo nahise manuka nange jya kwambara tenn ndazamuka
turagenda)
Brain;urabona ntinze nancy;wap maze.ugize vuba brain;nonese
nancy nubwambere ugiye gukina basket nancy;oya ntago arubwambere gusa
nubwa mbere ngiye gutozwa numuhanga nkawe brain;nawe urakabya urabona
murikikigo kingana gutya aringe muhanga kurusha abandi nancy;serieux pe
urakaze brain;merci kbx
((ubwo twagiye kukibuga tugezeyo kubwamahirwe
twasanze uwo munsi kukibuga ntabantu benshi bahari kuko hari ibibuga
bibiri icyo kwitorezaho nicyo gukiniraho ubwo twe twahise tujya kucyo
kwitorezaho,dutangira gukina ubona nancy afite umuhate wogukina kandi
ubona abizi pee,twakomeje gukina ndimo nirebere uryo nancy ateye neza
rimwe narimwe nkakubita amaso kuri her breast(amabere) nkumva ndazonzwe
twagira nuko turimo dukina rimwe narimwe akaba arimo akankozaho
amabereye nkumva ibyari ugutoza byahinduka ibindibindi kuko uko nancy
yarateye buri giceke cyose cyumubiri cyari giteye neza noneho muntegeze
hari hatari,gusa nari control ye mbyikuramo dukomeza gukina.hashize
akanya arambwirango ararushye))
nancy;umva mwana ndarushye reka turekere
brain;ntaribi niba unaniwe rek tuge hariya munsi yakiriya giti tube twiganirira
nancy ;ntaribi rek tugende
nancy ;ntaribi rek tugende
Brain(ubwo yarabyemeye numva ndishimye by asana
doreko yarankoreye kuko iyo dukomeza gukina ankozaho her breast umubiri
wari gutsindwa kbx)) brain;waruhutse nancy;ndumva birikuza gusa ukoresha
imyitozo ugakabya 2 brain; nibwo ubifata nancy kandi ntacyo ugeraho
utarushye nancy;nibyo kbx.ariko brain waretse nkanjya kumwa amazi hariya
hirya brain;wap rek uyanywe dutashye nancy;please brain 3 min only
brain;ok ntarib go.( ubwo yaragiye gusa mbona aho kugana aho bajya
kunwera amazi akase kunzira ijya canteen gusa sinabyitaho kuko nari
nifitiye intekerezo nyinshyi zuburyo ndikumwe nu mwana wo mukantu(mu
baherwe) kandi unafite ubwiza butangaje nakibuka uburyo murugo
ntanurwara rwokwishima bigirira nkumva ninzira ebyiri zihabanye.nkiri
muribyo inekerezo zantwaye nagiye kumva numva umuntu anturutse inyuma
apfuka mumaso abonye ntari
kumumenya yahise akura ibinganza kumaso yange
nsanga Ni…………
Next epsode.
COMMING SOON
Urakeka arinde?? ese urakeka imitozo yange
na Nancy izarangirirahe??? Like,comment na share tugakomeza
Fresh bro
ReplyDelete