L´AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 4

L'AMOUR D'UN PAUVRE

SEASON Ⅰ

EPSODE Ⅳ

Duheruka nancy yikanze nibaza icyo abaye.twakomeje na epsode 4 

Ubwo Nancy namubaji icyo abaye ambwirako ari agasimba yarabonye kuri tee-shirt yange yarafite ubwoba ko kandya ubwo yahise akankuraho naho nange ngo naringiye guhabwa ama kiss kandi ari agasimba bari bagiye kunkuraho ubwo nahise mubwira

Brain;merci bb 
Nancy;ok 
Brain; nonese Nancy kuber iki waruvuzengo biragutunguye kuba ngukoreye biriya? 
Nancy;nuko ntarinziko unyisanzuraho.arko biranshimishije cyane 
Brain;urumva nabura kukwisanzuraho gute nigihe tumaranye 
Nancy;sh suko nagufataga nabonaga uri umu type utagira blague
Brain;tubireke ibyo gusa nyine ubonyeko wanyibeshyagaho.nonese warumeze neza 
Nancy;sh ntaribi kbx.what about u? 
Brain;me too I’m ok.nonese ko numvishe uvuga sharmilla yarakize ko ejo twatandukanye ameze nabi? Nancy;yarakize sh ntago byari bikomeye cyane nkuko twabicyekaga Brain;ok ndumva aribyiza naringizego birakomeye cyane nancy;nange niko nakekaga.arko brain uri umwana mwiza brain;kuber nancy;kuber uburyo witwaye ukemera gusigara wenyine last night,uzi ukuntu yakwishimiye sharmilla!!! Brain;ntakidasa
nzwe nakoze kuko byari bikenewe ko mujyana atagira ikibazo wenyine Nancy;ok ariko nizereko ntarungu wagize Brain;urumva se ryari kubura kandi warunsize ngenyine nancy;arko sinagusize wenyine kuko wasigaye ureba film brain;ubwose film yakuryohera kurush uko waganira numuntu? Nancy;biterwa nuwo muntu uko muganira niba wishimira ibiganirobye kurush film brain;reka tubireke icyonzicyo nuko nta film yaruta ibiganiro mwagirana numuntu nancy;ngaho basi mbwira niba baba type baraje gukundana brain;sh utumye byibuka gusa baje gukundana ariko baciye mubigeragezo byinshi kbx Nancy;ntiwemeyese ibyo nakubwiye ko ubutunzi butabuza abantu gukundana brain.sha narabyemeye kbx.arko bose sinzi niba batekereza nkawe. Nancy;arko bose mbona bakwiriye guha urukundo agaciro karwo ntakirubogamiye brain;cyane rwose. Arko nancy ufite boyfriend? Nancy;kuber? Brain;nakabazo kamatsiko gusa ntampamvu 2. Nancy; it’s secret brain.i can’t tell u about it brain;no proplems if it is secret.but if you have him,he is lucky one nancy;kuber iki arumunyamahirwe x brain? Brain;nuko urumuntu ushyira mugaciro Nancy;thx niba ubimbonaho koko.arko se woe ugira girlfriend brain;nange nibanga 2 Nancy;ntaribi rekatubireke wasanga harigihe tuzabimenya brai;sana 

((ubwu tukiganira sharmilla yahise aza adusanga yegera aho twarimo dukorera sport))

 sharmilla; hi brain brain;hi bb umzte x mwan sharmilla; namahoro mwana.woe x? brain;nange nineza 2 gusa last 9t wari wanteye ubwoba kbx.nabonaga umeze nabi foo!! Sharmilla;nange byantunguye ariko byahise birangira ubu meze flesh sana brain;ndabibona kbx uhagaze bwuma courge ufite ni modoka wayiterura 

(ubwo twese twahise duseka) 
Sharmilla;ariko burya ugira nab urge we!!gusa hagatahondagushimiye uburyo wanyeretse urukundo ijoro ryashize ukemera ko umwana wawe mwaganiraga agusiga wenyine. Brain;ngo umwan wande? Sharmilla;wae nonese siwowe mwari kumwe nancy;kuba twaganiraga x bivuzeko nduwe? Brain;mumbarize nancy!!!wagirango ntaziko wafashwe!!!! Sharmilla;aha rek tubireke dukomeze dukore sport ibyanyu simbizi kbx!! Wabon muntankubita nancy;ngendumva ndushe reka turekere kbx sharmilla;uraka
nebwe nancy nancy;kukurash se wacyanawe!!! Wirirwa urwara kuber udakora sport sharmilla;tuza nawe byakubaho sh nancy;ahhh!!! Nivugiraga brain;ndikubona abandi bazamuka ahubwo reka natwe tugende kuko sport dukoze zirahagije kbx. Nancy;rwose brain


((ubwo twahise tuzamuka tugenda duter story byahatali ubwo ba Gauthier nabo bari bazamutse barikumwe na teta na keza,ubwo twageze aho dutandukanira tubanza gusezeranaho))

Brain;rek mbembacitse 2 nge kwitegura kujya etude y goroba 
Nancy;wabaye uretse x tugakomeza kwiganirira ko hakirikare!!! 
Sharmilla;ngo haracyari kare reba habaye ryari cyangwa mujyane dormitory zabo nancy;ubwo tugezeyo hakurikira iki brain;nawe nyine urabyumva umwana wintama mubirura!!! Sharmilla;cyakoze ibyamubaho n’Imana ibizi kbx(twese dusekera rimwe) brain;sh rek mbareke tugende2 nancy; ntaribi2 gsa nyne byari byiza gkorana nae sport kandi nibiganiro twagiranye nabyishimiye sharmilla;rwose umuntu arikumwe nawe ntarungu brain;namwe nuko saw rero bye bye nancy&sharmilla; saw nice everning 

((ubwo nageze dormitory nsanga abasaza bange bantanze dormitory bampata itama ngo nabacitse nsanga umwan gsa nabo kuko narinzi aho nabasize nangenahise mbajomba umunwa baraziba))

Girls’s dormitory
Tete; keza wabonye umukobwa warikumwe na brain? Keza;namubonye 2.gsa nabonye Atari ubwambere bari bahuye kbx tete;yp.kuko uriya niwe asigaye yigisha basket keza;ese burya nikariya gashinzi teta;uramuhora iki x keza;sh sinkubeshye nsigaye nkunda brain teta teta;ese bury niyo mpamvu twaganiraga na ba gauthier uri kwireber ba aho ba brain bari!!! Keza;cyane rwose teta;bizakugora mwan kuko iyo ndeba brain mbona bisa nkaho afite undi akunda kbx keza;yaba ahari cyangw adahari nibimureba nzakora ibishoboka byose dukundane nawe icyo byansaba byose nzagitanga abe uwange teta;muvndi nsiguciye integer gsa nzagufasha ibishoboka umubone kbx keza;yp!! Ubundi ndabiziko ntacyo utamfash 


((tugaruke kuri nancy na sharilla)) 

Sharmilla;ariko nancy ko nsigaye mbona usa nkaho ukunda brain? 
Nancy;nange biri kunyobera pe!!gsa ndikwimwiyumvamo bidasnzwe ndumva twagumana aho ari hose sharmilla;wigirag
amaki mbere hose nkubwirako umwemera ukanga kubyemera Nancy;sh mubyukuri ntakubeshye nkibon Brain aje muriki kigo numvishe mpindutse muringe nagerageje gushaka uko namwiyegereza aribwo nakubwiye umperekeze kumureba sharmilla;muvandi wabaye imbata yurukundo kuva kera kbx kuko ibyo nibimenyetso byurukundo pe.nonese kuki utamubwiyeko umukunda urashaka kuba nkababandi bavugago nta mukobwa ubwira umusore ko amukunda!!! 

Nancy;oya shn ntago meze nkabo.gusa iyo mugeze imbere numva ncice integer nkabura imbaraga zokubimubwira sharmilla;nonese uza mutiny kugeza ryari c uzakomeza ubibyimbane nancy;sinzi kbs. gusa wamunsi tujyana ukadusiga twenyine nabuze icyo mubwira,ndokorwa nuko nasanze azi gucyina basket ball mpita mfatiraho musaba ko yazanyigish ngize Imana arabyemera. 
Sharmilla;ndumva ari birebire kbx,subwo iyo ugira ibyago ugasanga atazi gukina basket ball nancy;sinzi shn gusa nari bubimenye iyo bimbaho kbx sharmilla;mwan gusa nkugiriye inama wakikuramo ubwoba ukabimubwira!!! 
Nancy;biragoye gusa nzagerageza.arko x anyanze mwan!! Sharmilla;tuza shn niwowese wambere waba wanzwe c. cg ubona ubaye iki kuburyo yakwanga abasore bose bamaze kukubwirako bagukunda wababara ubona brain ariwe wakwanga? 
Nancy;puu!!bariya bareke nabo kuntesha umutwe gusa.ntanumwe wandutira brain sharmilla;ndabona isaha zigeze rek tuge etude nancy;yp. Brain

((ubwo hari kuw gatandtu ikipe yacu yikigo yakinnye nikindi kigo cyomumugi wagisenyi,kuko icyo kigo twari duhanganye cyane kandi cyari kimaze imyaka myinshi kiditsinda.ubwo twari twahuriye mu irushanwa rihuza ibigo byo mukarere ka rubavu ubwo hari nabayobozi bibigo byombi,abumurenge wa gisenyi nabandi bayobozi baturutse kukarere kuko wari umukino wanyuma ubwo yari final.half time yarangiye ikipe yandutsinze 2-0 kandi iturusha,gusa nge ntago bari bambajemo narindi kugatebe kuko ntago narimfite uwamvugirango mbazemo muri match ikomeye nkiyo yitabiriwe bigezaho habanzagamo abazwicyane mukigo ubwo ni ab S6&S5. Igice cya 2 cyatangiye twihebye ubona ikipe idukubita ibindi byinshi nkumva nshak kujyamo ariko nkabura umvugira,ubwo abanyeshuri bicyo kigo bose bari baje baturishije gufan kuberako bari banadutsinze ubwo twari takonje byahatari.bageze nko kumunota wa 60min bikiri 2-0 byabo.nagiye kubona mbona nancy ahahagurutse aho yari yicaye asanga aba type bagafite mukigo aho bari bicaye kuko nibo bari bafite ijambo mugusimbuza bari muguwi kwa coach….

Nancy;hyPeter 
Peter;hi bb umzte x wange Nancy;meze nez gusa hari service nifuzaga kugusaba Peter;ubwo ubona ariki nakwima koko!!kuko niyo ntaba mbishoboye nasaba ubufasha kbx. Nancy;ndakwinginze muhe match uriya mu type nawe akine ino min isigaye!!! Peter;uravuga 
Brain x? 
Nancy;yego 
peter;ubona kariy ga type haricyo kahindura mumukino ukomeye gitya nino ekipe yatwandagaje gitya? 
Nancy;ntugapinge umuntu utaramubona ariko nawe!!! 
Peter;kuba ari woe ubisabye reka ngekubisaba coatch na animateur nancy;urab ukoze peee. Peter;ariko upanga iki na Braina? Nancy;uzabimenya woe banza unkorere ibyo ngusabye>>>………

Animateur;harya peter urabona twashiramo brain Peter;cyane rwose hari abanyeshuri biganye bavuzeko azi gukina Animateur;ok nibyo koko Brain yambwiyeko azi gikina football reka tumuhamagare tumubaze nib ari tayali coach;nuriya uri hariya se? peter;yego niwe yanambaye jezz kbx coach;ahhh reka dupfe gushakira amata kukimasa bavandi 


((ubwo sinarinzi icyo nancy yaragiye kuvugana nu mu type warugafite mukigo bita peter,gsa mugihe nkibaza nagiye kubona mbona umwan uje kundeba ambwira ko animateur anshak ubwo nahise ngenda nca imbere ya nancy mbona arasetse nange ndasek gsa ndikomereza))

 Animateur;bite brain brain;ni saw animate animateur;harya sh ntiwambwiyeko uzi gukina football brain;ndagerageza coach;brain urabonako ikipe yatwandagaje yewe na bafana bacu batangiye kwigendera rero ndagirango ugemo uheshe ikigo cyacu ishem kandi urabishobora ma boy!!!urabinyijeje brain brain;ndagerageza kbx kuba mumpaye ikizere nange nsigipfush ubusa kurundi ruhande peter;urishimye se nancy kub agiyekujyamo nancy;yego peter;urabona ari bubikore se nancy;cyne rwose peter;erega ntacyo nakwima ngimfite,cyaneko nakwemera!! Subizise? Nancy;reka tube tubiretse ndabona brain agiyemo rek turebe uko akin? Peter;ntarib2. 

((bavandimwe nibajije umuntu utumye njya mukibuga gukina nukuntu nabikundaga numva ndamwishimiye cyane ,nagiye mukibuga mbona nancy arimo aganira na pete numva ngizemo ishyari ukuntu ariko sinabyitaho.uti byagenze ute ninjiye mukibuga ninjiramo kumunota wa 65 byari bibiri kubusa bwacu nagezemo mbona abantu bose ntakizere bamfitiye,bamwe bavugango babuze uwo bashyiramo,nkumva birambabaje nkigeramo nka nka 2 min byabanje kunanira nki 2 min bose bicuza impamvu nagiyemo,abafa narimfite bari nancy na Gauthier aribo bantu barimo bamfana nareba nancy uburyo amarira arimo atemba mumaso numva nginze umujinya,ubwo nahise mfata ball ndacenda mbona bose wagirango barahagaze ubwo narebye uburyo zamu ahagaze nabi mukibuga mukubita igitego cyu muriro.abaraho bose bahita basara uti brain abagiye batangira kugaruka ubwo kurundi ruhande nancy we yishimaga nkundush nge ugitsinze,ubwo twarakomeje turakina hashize nka 5 min ubwo twabonye corn bajya kuyitera twese twitegura gushyira kumitwe ubwo barayiteye nsimbuka nka gaca ball mba nyikomye kumutwe no mucundura ngo goal goal goal!!! biba 2-2 bose bahita bahaguruk batangira kuvuga brain brain bikore kbx ubwo abapingaga babonyeko byose byashoboka dore nange ngo ibyishimo biranyica nkamera nka messi mukibuga hari kumunota wa 90 min byananiranye bose babona turi bukizwe na penarity…

Ubwo nagiye kubona nancy azanye amazi arimo sugar nange ndagotomera arangije arambwirango “brain nkuko wajemo bagupinga berekeko bibeshyaga maze ubahe itsinzi baboneko utari mugenzi wabo” ayo magambo yaranyubatse ariko nibaza ukuntu yamenyeko ba bapingaga biranyobera arko sinabitindaho ndahubwira uti “ndagerageza ibishoboka nshimishe uwatumye jyamo wangiriye ikizere abandi bangaye akansabira umukino,.nkirangiza kubivuga amarira asa nayibyishimo yahise aza mumaso maze araseka nireber mukanwake heza numva ibibaraga biraje ,nsubira mukibuga ubwo bari bongejeho iminota 5 twese twabonaga ari penarity zidukiza,ubwo nibutse amagambo nabwiwe na nancy numva kime mfata ball ndazamuka ncenga bose abantu bibaza ibyo peti messi arimo ubwo naracenze ngeze imbere ya keeper nawe muha ibye ndamucenga yigaragura hasi nkubitamo umu kwajyu wigitego abantu uti goal!!!! 

Bose baremuera koko ibuye ryanzwe niryo ryakomeje imfuruka abapinganga baremeye ubwo nagitsinze kumasengonda yanyuma match ihita irangira master nabandi bose baranshima byahatari bose bataha bavuga uti brain uraturangije kbx. 
Ubwo nancy yaje mukibuga yiruka ahita angwamo nange nahise muterura mubirere doreko Atari afite ibiro byinshi cyane kuburyo yari bunanire,ubwo ni bazaga uryo nancy umwan ukunzwe wambere mukigo arimo anyitaho nkumva biranyobeye nareba, uburyo aba type bose bakunda nancy yagiye akatira barimo bandeba natunguwe nokubona peter nakekaga ko ariwe wasabiye umukino nawe arimo andeba nabi numva biranyobeye.ahubwo nagiye kubona mbona peter amanutse mukibuga aho twari aza adusandga numujinya mwinshi cyane twibaza icyo agiye gukora atugeze imbere ahita………….. ntuciwe na epsode5

Comments

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2