L'AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 3

L'AMOUR DU PAUVRE 

 

 SEASON Ⅰ

Displaying IMG-20190528-WA0032.jpg

EPSODE Ⅲ

Ubwo nasanze ari Nancy washakaga kuntungura Brain;puuu!!! Burya ni woe uzi ukuntu unkanze Nancy; ubwose warugizengo ninde wundi koko!!!! brain; saw tubireke. Amazi urayanyweye x nancy;yego maze nawe nakuzaniye brain

((akivuga atyo yahise akuramo amajupa 2 ya juice nibaza uburyo amazi yavuyemo juice gusa ndamureba gusa ntegereza icyo ambwira)) 

nancy;akira mwana ureke kundeba brain;nonese nancy hano muri st family iyo uvuzeko ugiye kunwa amazi uba ugiye kunywa juice nancy; wapi 2 nuko nagiye kunwa amazi nsanga hariyo abantu benshi nsanga ntabategereza kandi mfite inyota brain

( ubwo nahise mfata ako ka juice ndagotomerara doreko nubwo narindi kwigira danger inyota yari yose nasomyeho nka 2 dutangira kuganira))

Brain arikose ubitekereje ute kuzana izi juice Nancy;nibisanzwe ariko kuko ntanibirenze birimo kbx doreko twari tuvuye nomuri sport dukeneye sugar in our body brain; okey.thanks nancy;thanks u too Brain;wabonye imyitozo twakoranye yarikomeyese nancy;bitewe nuwayinkoresheje ntiyankomereye2 brain; nancy nawe ugira igikabyo!! Nancy twaganiriye byinshi gusa ntiwambwiye murugo arihe Nancy; ni Gikondo woe x? brain; rwamagana Nancy; nibyiza sana kuko ndumva tuzajya dutahana brain; kbx nange biranshimishije sana nancy; brain ndabona amasaha ageze reka ngere dormitory nitegure kujya etude tuzasubira brain;okey nange nuko reka nge kwitegura bariya bayobozi tutaza guserera kbx nancy;okey.kandi brain wakoze kwigoma igihe cyawe cyose ukemera kuba urikumwe nange!!!kandi nakeka Atari nubwanyuma sibyose((yabivuze aseka numva umusatsi umvuyeho kbx kubera uburyo yasekaga neza)) brain; cyane rwose igihe cyose uzankenera mfite umwanya nzajya ngufasha Nancy; oooh merci. Brain sawa reka tuzasubire brain; saw nancy and hve nice evening nancy;you tooBrain

 ((ubwo yaragiye nange ndagenda ngize namahirwe nsanga Gauthier yandangirije staff mpitanitegura njya etude)) 

 Gauthier;arko mwana Gauthier ko ntacyo uba umbwira brain;iki x mn Gauthier;ibya kiriya cyana mumaranye iminsi usigaye utsimba brain;hahhhh burya nibyo mn!!! Gusa ntakidasnzwe kirimo kbx Gauthier;kandi wabona wigize umwana ukabura ubwenge muvandi uriya mwana akagucika brain;arko x mn Gauthier ubona uriya mwana womubiceri yanyiteza muvandi gautier;umva sh yabuzwa niki x ko urukundo rudatoranya ubukire cyangwa ibyi wanyu batunze brain; mwana atareshya ntaramukanya kbx Gauthier;wabona woe na Nancy uwo mugani mu wuvuguruje msaz brain;izo ninzozi mn Gauthier;ni nzozi nazo ziba impamo sometime brain;zibz impamo kuri bamwe ariko Gauthier;woe se kuber iki murabo bake utarimo brain;reka nkureke mn ndabizi impaka zawe sinazivamo kbx Gauthier;ntaniribi reka tuge refe ndabon ni saha ziBraingeze cpo. Brain;tuzamuke ntaribi kbx numvag ninzara ingeze kure

 ((ubwo twahize tujya kurya turangije tujya kureba movies doreko kuw 6 ariho twagiraga entertainment time ubwo twahise tujya ahabera entertainment dusanga berekanya film uwo munsi ubwo narikumwe na Gauthier narebye film hashije nk 15 min numva umuntu ankonzeho inuma mubitugu ndebye nsanga ni nancy ahita ansekera nange ubwo nahise musekera))

 brain; nancy bimezte x mwan nancy;ntaribi2.woe x? brain;nange nineza kbx nancy;uwarebana nawe film x brain;ntaribi kbx((ubwo Gauthier yahise adusiga aho twari duhagaze yigir inyuma yacu)) nnancy;sh brain ko wagiye refe ntuze kundeba tuzamukane urumwana mubi!! Brain;ubwo naza kukureba nkande c ubwo?(nabivuze muryo bwa burge) nancy;nkumunyeshuri wawe wigisha brain;umunsi umwe nkwigishije mpise mba mwarimu wawe nancy;cyane rwose umunsi umwe unyigisha ninkiminsi igihumbi!!! Brain; ok. Noneho reka tuvuge ibyunguka2.nonese nancy uzajya umpemba iki? Nancy;icyo ushaka cyose nakiguha ngifite brain;nivugiraga urabiziko ntacyo nakwaka.wowe ninigisha ukabifata ubwabyo bizanshimisha ko mbaye umutoza mwiza nancy;nange narimbiziko utanyishuza gusa nzakora uko nshoboye kose ibyo unyigishije mbifate kugira ngushimishe brain;okey nzareba kbx.nonese nancy iyi film urikuyibona ute? Nancy;maze ninziza cyane.gusa nakifuzako uriya type&typete bazakundana nyuma brain;ntugasetse nancy urabona uriya mukobwa azemera uriya musore? Nancy:yabuzwa niki kumwemera x? uriya mu type ntubona uryo arinkubiswi(umukene) niwabo kandi nuko Nancy;arko brain ntukavuge gutyo kuba uriya mu type arumukene ibyo yabizira,cyangwa ubwiwe niki niba nyuma atazabona amafaranga nawe brain;sha mbona abakobwa benshi ariko bateye in that time nancy;yego ariko sibose gusa nababikora mba mbona bidakwiriye Brain;iyaba bose batekerezaga nkawe isi yaba amahoro Nancy; ntugakabye ntho ntandukaniye nabandi Bran;uratandukanye cyane cyane kbx niba ibyo uvuze bikurimo

 ((tukiganira nagiye kubona sharmilla araje aradusuhuza gusa ubona atameze neza))

 sharmilla;hi brain brain;hi nancy;cher ko mbona utameze neza urarwaye Brain;ubuse woe ntubibona koko Sharmilla;sh ndumva meze nabi narinje kukubwirako manutse dorm utaza kunshaka ukambura murangije movies Nancy;oya chou ndabon umeze nabi reka tumanukane utagira ikibazo uri wenyine Sharmilla;oya sh wisiga undi mwana wenyine Brain;oya ntakibazo reka abanze akujyane tuzaganira ubutaha kuko umeze nabi ntakiruta ubuzima nancy; nibyo maze!!ahubwo brain bye bye nahejo gd neit Brain;saw nae bye gd neit.kandi sharmilla urwa ubukira ndagusengera Sharmilla:merci neit bro brain; bye sharmi 

 ((ubwo bahise bagenda gusa numvaga ikiganiro gitangiye kuryoha ariko ntakundi ntacyaruta ubuzima bwumuntu,ubwo hashish akanya film nayo iba irarangiye tujya kuryama))


MUGITONDO
Gauthier;mn nabonye uriya mwana akwishimira iyo muri kumwe sinzi musa Brain:ariko mwan igihe nakubwiyeko ntakirimo hagati yange nawe ntiwumva Gauthier;tubireke mwana tujye class tudakererwa
 

MURI CLASS
Keza;shat eta urabona uburyo brain ateye neza mwanBraina teta;kbx ateye neza gusa mbonauriya mu type atuje cyane gusa nuriya mu type wundi bagendana nawe nineza kbx Keza;uravuga Gauthier x? Teta;yego sh uriya mu type nawe mbona ari smart Keza;cyakora nawe nimwiza gusa brain nawe aramurenze.nubwo atuje wasanga aruko tutaramenyerana cyane Teta;ahhh simbizi gusa wasanga arinako yitereye ntiwamenya. Gauthier ariko mwan ko mbona keza akwitegereza cyane vip Brain; nange niko mbibona2 ahari wasanga hari aho anzi Gauthier;ninkuko wabona akwemera Brain;nibumureba nge mbona uriya mukobwa yirata kbx ((muri break time))


 Sharmilla;sorry mwan  
Nancy;kubera ik c we? 
Sharmilla;kuba natumye udakomeza kuganira nundi mwana last 9t 
Nancy;sh kuba tutaganiriye byambabaje gusa nawe warumeze nabi cyane kandi urabiziko ngufata nkumuvandimwe ntacyakubaho kibi mpari nkandi mfite uko nakigufashamo  
Sharmilla;nishimira kugira incuti nkawe kandi thanks kubyowankoreye byose.ariko  
Nancy menya usigaye wemera  Brain kuko uburyo uba umureba murikumwe uburyo uba umwenyuramo menya meny harimo akantu2.ntago byaba arukukwigisha gusa  
Nancy;puuuu!!ariko nawe ntakidasanzwe mubonamo mwana nuko anyigisha gusa ntuzise ko ntacyo naguhisha gihari  
Sharmilla;sha Nancy urukundo rufata muburyo bwinshi kuba ariwe wagiye gusaba abe ariwe akwigisha gukina basket ahari wasanga rwari urukundo utabizI  
Nancy;wapi sh ntarukundo rurimo 2 Sharmilla;nonese impamvu ariwe wahisemo nuko ariwe wambere muri basket hano mu mago Nancy;cyane rwose nge mbona ariwe wambere.atangira kwibaza muriwe”ariko x wamugani impamvu nahisemo Brain nuko ariwe wambere puuu reka ndeke kubitindaho” Sharmilla;ese ko mbona intekerezo zawe zitaraha hafi hari ikibazo ufite? 
Nancy; ntakibazo mfite cher ahubwo reka tuzamuke tuge class isaha zirageze sharmilla;yp Brain

((ubwo iminsi yagiye yicuma arinako nge na Gauthier tubitsinda byasana kuko buri test twarayitsindaga neza cyane,ubwo hari kuwa5 twagiye muri sport hamwe nincuti zange twajyanye twese kukibuga uwo munsi twakoraga sport simaragihe cyinini)) 

Blaise; brain reba hariya hirya mn 
Brain;ntacyo mbona mn Blaise;ntago ubona wamwana ujya wigisha basket x mn? Gauthier;ariko mn nkubwo wabibwiwe niki ko am Blaise
 wigisha ko ntamuntu numwe yigeze Nancy;
 abibwira Brain;mumbarize mn uyu murezi ho yabikuye(burge) Blaise;ngwee ndakaze mn mvumbura ibyihishe ahubwo mn fatiraho uriya mwana ntyo abaye ari mukazi kbx Brain; mn ndabona teta nakeza baje badusanga Gauthier;nibaze batuganirize tunakorane sport nyine Blaise;kbx Brain;mn reka nge mbe mbatsice nge kuvugisha nancy turikumwe muze kuryoherwa n biriy byana ntimubure ubwenge Blaise;ntaribi mn nae uriya mwana nt3umwicishe irungu. Keza ;hi boyz blaise;hi bb teta;bimzte x guyz Gauthier; namahoro kbx Keza;ko tuje se brain agahita agenda nizereko atatwe dutumye abasiga!!! Gauthier;ntago arimwe mutumye agenda kuko niyo mutaza yari bugende2. Keza;oohh nibyiza noneho blaise;ubundise haricyo mupfa na brain cyatuma muza akagenda keza;ntacyo dupfa gusa byari bituyobeye teta;turekane nibya brain twivugire ibyacu buriya wasanga afite impamvuze bwite Gauthier;teta uravuga ibizima teta;arko se ubundi ko ntabana banyu muba mwazanye nabo bakore sport ngo bage kuri taye mugatuma basigara dorm Gauthier;tubakuyehe se sh? Teta;mwababuriyehe c mukigo gifite abana benshi bakeye nkiki blaise;mutuze sha ntimuzi uburyo muba mwigize danger x teta;ntago twigira danger maze keza;ahubwo mutubwire niba ntabomuriho tubashakire abana bari mukazi Teta;kandimfite pass nahita mbakorera akazi kose muri naba type bari smart abana ntibabanga Gauthier;murinda mujya kure se mwebwe ntimuhari teta;ko muba mwaduciye amazi se? keza;bambwirire sh teta ahubwose baba bashaka nokutwikoza ko muri nabana babi!! Gauthier;ubwose uwabaca amazi yavugisha nde nuburyo mukaze kereka ashaka Malayika blaise;sinkibyo byose gauthi ahubwo batubwire niba batarafatwa dufatireho Keza;twivugiraga urabona twaba tutarafatwa!! Teta;ahubwo niba mmuri break timeuri tayali mwitegure kuyirwana mukuzeho abadufashe mubarye gapapu Keza;hahhh!! Rwose bayirwane. Gauthier;umuntu yayirwana da akabegukana!!!!

 ((ubwo bakomeje kuganira arinako bakora k sport ubwo nange igihe narisanze nancy nagiy gake gake neger nancy muturuka inyuma mufata inyuma mugezeho atambonye nahise mpita mupfuka amaso ndituriza ndebe uko yitwara)) 

Nancy;we sharmilla nakumenye ndekura wee brain(nabonye atamenye mpita murekura) nancy uratsinzwe ntago ari sharmilla Nancy;Mana we urantunguye byahatari sinarinziko wabikora brain

((ubwo yahise ngwamo nange mpita mufata munda arandeba cyane arinako ansekera atankuraho amaso ngiye kubona mbona atangiye a nyegereza face ye mpita nibwirango agiye kumpa kiss ntangira kwishima gusa mbona arikanze binsa nkaho haricyo abonye numva ubwoba buranyishe………ese urakeka ariki yara3bonye??????. Ntucikwe na epsode ya 4

L’AMOUR DE LA POVRE


SIGA COMMENT MENYE KO UYIKURIKIRA 

Comments

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2