L'AMOUR DU POVRE Season 1 EPISODE 1


L'AMOUR DE LA POVRE

SEASON Ⅰ


"Murukundo harimo imbogamizi nyinshi uhura nazo ariko iyo ubyitwayemoneza uhava gitwali.Kandi burya urukundo nyarwo ntirukurikira ubutunzi.Kugira usobanukirwe neza aya magambo dutangiranye iyiFilm L'AMOUR DE LA POVRE ntigucike."


SEASON I EPSODE I

Dutangiriye murugo rumwe cg ahantu hamwe gusa turabona ari umuryango wishimye, nubwo badatunze cyane ariko duke bafite turabashimishije. Turabona ari umumama nu mwana w’umuhungu ubona bose ari beza cyane mumvugo zubu bihagazeho.
Mama brain:ese brain ko utambwiye amanota yibizami mwakoze ntago arasohoka?
Brain:mam ntago mbizi neza gusa barikuvugako asohoka uyu munsi
Bakiri muribyo turabona umukobwa uje ubasanga umukobwa ubuna akiri muto gusa ukeye byahatari kbx.mukirundi ubona afite akazoza keza.yaje abasanga ubona yishimye cyane bigaragarira ijisho


Mam brain: nikose nadia ko mbona uje wishimye cyane byageze gute kibondo cyange?
Nadia: mam nawe brain mufore ariki ngiye kubabwira 
Brain:harikindi se waba ugiye kutubwira kitari yam club yae ubyinamo! Ntakizima wowe cyakuvamo kbx
Mama brain:ariko brain wabaye ute waretse kumusenya ntakintu aratubwira.rata nadia tubwire icyagushimishije
Nadia:brain uri umwana mubi!! uziko ari woe biri bushimishe kuturusha?
Brain:ngewe se nshimishwa nubusa utu bwira arko da tubwire wasaga arinyungu
Nadia: brain uziko…….. uziko…..
Brain: iki c k utavug
Nadia watsinze national exam muvandi!!!!
Brain: ntibishoboka weee utambeshy nadia natsinze mwana, Mana we urakoze wumvishe ibyifuzo byacu
Mam brain;uziko usanze aribyo twavugaga nadi,mwana wange brain umpesheje ishema undutiye kiriya kirumbo mukuru wawe Peter cyananiwe kwiga neza gihora gitsirwa mu ishuri.


Nadia; sh brain ndumva mfite ibyishimo kukurusha mvndi
Brain; nonese sisy ubikuyehe mwan
Nadia;ni Gauthier ubimbwiye
Brain; utambwirako Gauthier nawe yatsinze mwan
Nadia yego sh nae yatsinze.


Bakiraho turabona umusore nu umugabo baje babegera


Brain;papa nae peter mwabimenye x
Pap brain; ibiki se sh brain
Nadia; papa brain yastinze
Peter;congrutition bro
Pap brain;ndumva ari byiza muhungu wange komerezaho
Tuve hano kuriyi family tuze kurundi ruhande turabona aba type2 tubegereye tura bonamo brain ariko undi we ntituramumenya neza
Brain; Gauthier bakuhereje kwigahe man
Gauthier;mn banyohereje st family igisenyi.woe se bakoherejehe mn
Brain;menya ndikurota mwan bivunzego tugiye kwiga hamwe nanone cpo!!!
Gauthier;ehhh mn utabivugako nae bakujyanye st family
Brain;niho kbx,bakohereje kwiga iyihe combination x mwan
Gauthier; MCB to
Brain;mwan ndumva nirizaba ari rimwe kbx kuko nange ni MCB kbx.ahubwo tuzagenda ryari

Gauthier; next week
shuri 
Brain"mubyukuri narishimye cyane kubona njywe nuwo nafataga nku mu vandimwe wange batwohereje kwiga hamwe nibazag uburyo nazajya mva iburasirazuba nkajya kwiga iburengerazuba nkumva ncitse integer arko kuza kwa Gauthier numvishe binteye courage sana"Iminsi yaricumye arinako murugo bashakisha ibikoresho byokujyana ku ishuri nubwo murugo batari bifashije cyane arko baragerageje bashakira ibijyanye nubushobozi bwabo.

Umunsi nyawo warageze doreko narinywutegereje cyane,nikoko barabivuzengo Amaherezo yinzir nimunzu hari ku cyumweru amasaha ya 10:30 nibwo nagiye kureba umuvandimwe Gauthier ngo tugende school nagezeyo nsaga yiteguye byose ari tayari.ubwo iwacu batugejeje muri gare basubirayo gusa mbere yuko mama asubirayo hari amagambo yambwiye atanzamva ku mutima yaragize Ati ”Mwana wange nubwo ugiye ku ishuri urebe uko udusize murugo,papa wae kubona ama faranga uzi uburyo bimugora,genda wige neza niwowe umuryango wacyu utegegeye amaboko ni wowe uzatuvana ahaturi ukatuza mura niwowe,ni wowe ntangiriro yu muryango wacu.ibyo byose nkubwiye kugira uzabigereho neza nuko uziga neza ntabikurangaje

Nange nti "Mama byose nzabyibuka kandi aya magambo yawe nzayazirikana iteka.

Ubwo papa nawe yansenzeye ampa 2000 rwf hamwe nagashiki kange nakundaga cyane bose ndabasezera.dufata imoka tuva rwamagana tugeze nya bugogo dufata itujyana Rubavu doreko ari nabwo mbwambere nari ngiye kunyura muturere dukaze nka musanze na rubavu,twageze musanze tuvamo tubanza gutemberaho gato.gusa nari naryohewe nu mugi mwiza wa musanze ukeye cyane kandi ufite isuku,ntibyatinze kuko twahise dukomeza iya rubavu\Gisenyi tugerayo nka 18:30.


burya koko Akanyoni katagurutse ntikamenya iyo mbweze kbx niboneye umugi ufite amazu meza, umugi waka,umugi ufite amahumbezi, umugi ufite abana bakeye doreko nanabemeraga nirebeye umugi utangaje mubwiza udafite nakimwe ubuze arinako umuvandimwe Gauthier yari yu miwe avuga ati iyo ntaza kwiga ku Gisenyi nariguhomba byinshi.twahise tubaz ikigo bita St family barakitwerek doreko cyari mumugi neza.munzira tugenda tugana ku kigo twabonye abana babiri beza babakobwa bagana kukigo tugiyeho gusa ntitwabyitaho turikomereza.


Ubwo twinjiye mukigo bose bafata nki cyambere muri science,gusa twasanze ari ikigo kiza gifite byose byiza umunyeshuri yakenera.Ubwo animateur nabandi barikumwe bahise batwakira.)


Animateur;bite basore
Brain;ni sawa kbx
Animateur;witwande sh ko mbona uri agasore kari sharp
Braian;nitwa Mugisha brain.arko animate ushobora kub usetsa
Animateur;cyane rwose iyo umbereye umwana mwiza ,wubaha uba incuti yange.arko brain ukina uwuhe mukino
Brain; football na bascket 2
Animateur;urumuhanga muriyo mikino se
Brain;cyane rwose ariko ndumuhanga muri football cyane
Animateur;mukigo cyacu cya st family dukunda abana bakina iyo mikino ubwo nizereko uza geza ikigo cyacu kure muri sport tukongera tukaba ikigo gitwara ibikombe nkambere.
Brain;animate nsikwizeza ibitangaza gusa nzakora uko shoboye kose st family nyiheshe ishema nkambera nkuko wabivuze
Animateur;saw kbx,Ariko brain nakubajije izina nibagirwa mugenzi wae.woe witwande musore
Gauthier;nitwa Gauthier
Animateur;Gauthier nawe ukunda sport nka brain x
Gauthier;oya ngwee nikundira music doreko ngerageza nokuririmba
Animateur;nibyiza nabyo gusa twese ntitwamenya ibintubimwe burya mu isi tu gomba kubaho bitandukanye,

Gusa nange nkunda music 2 nubwo football nyemera cyane.
(Brain; ubwo animateur twaganiriye nka 30 min turangije ahamagara ab type bamenyereye ikigo batujyana kuri dorm.ubwo nge na Gauthier twahise dufata hood imwe aba ari dusasa twegeranye.gusa twasanzemo abandi ba new comes badutanze mukigo batangira kutubwira uko ikigo giteye muri make.amasaha yokujya refe yarageze duhita tujyana nabandi refe gusa iryo joro kurya byaratunaniye kubera umunaniro wurugendo rurerure twari twakoze,kandi ubusanzwe twagiraga apeti sana.ubwo twarangije kurya tujya kuryama gusa amasaha yatubanye make iryo joro ryabaye rito byasana ntitwamenye igihe bwakereye.kuko twakanguwe na animateur arimo atubwira ngo twitegure tujye muri class.


Gauthier;mn ibitotsi biracyari byose kbx
Brain;eehh!!wahora niki mn ko amashuka yanze kundekura.ndumva nakongera nkiryamira kbx
Gauthier;oya mvndi reka tubyuke dokore icya tuzanye tutazab imbwa,ntiwibuk amagambo murugo batubwiye tujya kuza
Brain;nanone kbx reka dukwakwanye musaza
Brain(ubwo namwe murabyumva twariteguye tujy darassa ,ubwo twasanzemo abandi banyeshuri badutanzemo.turabasuhuza saa 7:30 basoneye kurangiza etude ya tondo tujya kunywa igikoma,amasaha yarakomeje aricuma igihe cyokujya class kiragera
(In class)


Theachear;mng class
Class;mng


Theacher;okey nibyiza kuza imbere yanyu ndabona muri nabanyeshuri beza cyane bigaragarira ijisho
Class; cyane rwose
Theacher;Nitwa Gaspard nkaba nkaba ngiye kubigisha isomo rya biology.ndakeka ibyo bihagije harikindi cyibazo mufite x? be free and ask what you wanna.Brain;murugo nihe x? theacher;nihano hafi city.brain;ok
Gauthier;are u single?
Theacher;yes I’m single
Keza;theacher uratubeshya ntago uri single kbx!!!
Theacher;kuber ik x ubivuze?
Keza;nuko tubona uri ibogali sana!!!ntiwaba udafite girlfriend
Theacher;hahh!! Sure x.rero mubyemere nibyo.okey ndakeka ibibazo byose mufite birangiye
Class; yp
Theacher;okey kugira dukomeze tuziranye neza reka twibwirane duhereye hano.


1.nitwa Teta 2.Maxime 3.Sandra 4.Nelson 5.Brain 6.Keza 7.Gauthier 8.Ange 9……..
Brain''twarakomeje twese turivuga amasaha aragera haza undi mu theacher nae abigenza gutyo kugeza igihe cyokujya refe kigeze)


Keza; brain mwaretse tukajyana refe c?
Brain; ntaribi 2 mwihute mutugereho kbx

Teta;amakuru yanyu x bro? Gauthier;nimeza 2 ayanyu x? Teta;natwe nimeza kbx,nonese ko muhorana na brain mwari musanzwe muziranye? Gauthier; cyane rwose brain ni nkumuvandimwe wange.
Kurundi ruhande Brain;murugo nihese keza? keza;ni Nyamirambo 2 woe x? Brain; ni rwamagana keza;nice kbx ndumv tuzajya dutahana. Brain; cyane rwose keza;nonese na Gauthier muturuka hamwe? Brain;yego woex teta muturuka hamwe Keza;yp. 

(Twakomeje kuganira kugera refe.gusa bari abana beza cyane baganira kuburyo utakifuza kubava imbere).


Bavandimwe iminsi yarakomeje iricuma arinako ngaragaza impano yange yo gukina football&basketball.ubu noneho nababwirango incamake zirarangiye nibwo inkuru igitangira !!!! uti byageze gute?


Hari kuwagatu amasaha ya etude nibwo nabonye umukobwa yinjira class mbona asanze Gauthier kuko yicaraga imbere mugihande cyohagati batangira kuganira
Uwo mukobwa; hy bro
Gauthier; hy amakuru x
Umukobwa;nimeza 2 okey nitwa Ingabire Sharmilla nkaba hari aga service nshaka kugusaba
Gauthier; nange nitwa Gauthier.ntari kansabe niba gashoboka ndakaguha
Sharmilla;oohhh!!! So easy kbx.ndagirago unyereke umu type bita brain aho yicaye
Gathier;nibyo gusa reba kuntebe yinyuma mugihande cyo hirya kugikuta
Sharmilla;okey thanks ndamureba


((Burya iyo ucyigera school ujyirango ntabantu bakuzi ariko burya bababahari benshi kandi bakurikirana ubuzima bwawe bwaburi munsi.gusa ako nagaciyemo reka dukomeze.ubwo nagiye kubona mbona umukobwa araje anyegera))


Sharmilla;hey bro

Brain hey
Sharmilla; wakihanganye nka ku deranger ho gato x?
Brain;okey ntaribi kuko ntabintu byinshi turatangira kwiga ubu ndi free 
Sharmilla;okey ubu mfite ubu tumwa bwawe.
Brain;ubutumwa!!! Sharmilla;yeah.
Brain;ubutumwa ki? 
Sharmilla;harumuntu wakuntumyeho 2 
Brain;uwo muntu arihese? Sharmilla;ubishatse nakugeza aho ari. 
Brain;nikure x? 
Sharmilla;oya arihafi yacu 
Brain;ntari 2 reka umunyereke
((our starting)) 

ubwo ntacyakurikiyeho uretse gusohoka tukajya hanze.bantu b’Imana amaso agira isoni ibyo nabonye hanze ntibisanzwe kuko nibwo bwambere narimbibonye kbx kuko nabaye nkufashwe namashanyarazi!!!! Uti Brain wabonye iki????????

Duheruka umuntu anturutse inyuma apfuka mumaso akuyeho ibinganza kumaso yange nsanga ni twakomeje

SEASON 2 : ........... SOON 


Kora sign up kuri iyi website www.irothegreate.blogspot.com  ubashe gukurikirana seasons zose ziyi film ndetse nizindi nyinshi zitandukanye




Comments

Post a Comment

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2