L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 1

L’AMOUR DU PAUVRE

SEASON II

EPSODE 1

Duheruka muri SEASON I 
maze kubwira nancy background yange yose 
mubaza niba aribukomeze kunkunda 
mbona ahise ahinduka mumaso ahita ambwira ati…….  

Twakomeje

 
Nancy;Brain urambabaje cyane kubona umfata gutyo(namarira atemba mumaso) Brain nagukunze ataruko ngukekaho ubukire sinagukunzwe bitewe naho uturuka,family yawe,abavandimwe bawe,ukomubayeho iwanyu,ibyo utunze cyangwa iwanyu batunze,nagukunze kuko numvaga umutima wange utatuza utari iruhande rwange,brain sinatinya kuvugako iyo turikumwe numva ndi mu iwijuru rito(yooohh mbega amagambo akomeza umutima!!) Ese brain ibyo nkubwiye byose uracyashidikanyako nakomeza kugukunda brain reka mbisubiremo  ndagukunda ahubwo numpe igisubizo kikibazo cyange nakubajije,brain nawe urakunda?  


Brain(bavandimwe numvishe amagambo nancy ambwiye numva ibyishimo birandenze mbura nicyo nakora!!baravugango amarira yumugabo atemba ajya munda ariko ayange uwo munsi yatembye ajya hanze gusa narihanganye ndamubwira NTI

" Nancy worosoye uwabyukaga nuko nabonaga tutari kurwego rumwe naragutinyaga cyane iyo bitaba ibyo mba narabikubwiye kera nancy nange NDAGUKUNDA!!!!!

Nkimara kuvuga gutyo nancy yahise ansimbikira angwamo nange ndagwatira karahava tumara nka 3 min tugifatanye habuze uwavugisha undi ubwo nararangije mukubita k kiss namwe murabyumva abantu twinjiye murukundo.

Ubwo Nancy ibye yarabirangije kubona umukobwa abwira umuhungu ko amukunda ni ubutwari butagirwa nuwariwe wese.gusa hari inama nagira buri mukobwa uri gusoma iyi story burya aho kugira unigwe nijambo wanigwa nuwo uribwiye kuko gutekerezako abahungu aribo bagomba bagomba gufata iyambere bababwirako babakunda burya harigihe umuhungu nawe aba agukunda ariko akabona mutari kurwego rumwe agatinya kubikubwira burya abahungu nabo nabantu harigihe nabo batinya kubivuga kandi baratakayemo,byababyiza burya ukunze umuhungu ukabimubwir aho gutegerezako azabikubwira!!! Ndago ndi umuhanga mu rukundo Gusa nge sinzi impamvu mutiny kubwira abangu ko mubakunda habaye hari umukobwa urimo usoma iyi story uzi impamvu yabitubwira muri comment cg nkamuha number yange akanzambwira impamvu kuko byarancanze!!! 

 Ako nagaciyemo reka twikomereze ubwo hari habuze uwagira icyo avuga hagati yange na nancy ahubwo buri wese area undi mumaso mfata umwanzuro nkumuntu wumugabo ntangir kwa acting as boy ntangiza story mpita mbwira nancy Nti:

Nancy uri umukobwa ufite umuco n’ uburanga kandi wifitemo impano yokwiyoroshya idasanzwe ikiyongereyeho kandi uri namwiza imbere ninyuma niyo mpamvu aba type bose bakurwanira kandi utagukunda nuko yaba ategereje malayika uvuye mu Ijuru(twese turaseka) 
Nancy;brain ayo magambo yose umvuzeho yose ntanakimwe nkuyeho nawe mbona ariko uteye gusa nga nakongeraho ikintu kimwe nakubonyeho abandi batype batagira!!! Urumwe mubatype bavuga uko bari ukavuga uko ubayeho kabone nubwo bwaba ari ubuzima bubi urabivuga kandi uri proud yabyo mugihe usanga abandi basore biyemera ibyo badafite bakakubwirako bazakuguririra ibyo batabona,wajya kubasura bakakwereka ahatariwabo kugira bakwemeze,bakakubeshyako ikofi ibyimbye kandi imifuka yaratobotse gusa woe uratndukanye brain ndabigushimiye

(gusa namwe basore murimo musoma iyi story nabagira inama yokuzajya mubwiza abakunzi banyu ukuri uko mumeze aho kwibeshyera ibyo mudafite kuko igihe kiba kizagera nubundi bakabavumbura rero byaba byiza warabimubwiye mbere yaba ari ugukunda akagukunda kandi yaba ari ukwanga akakwanga aho kumubeshye) 

Ako nagaciyemo reka twikomereze   

Brain;thx chou!!! Gusa nawe wanyeretse ubutwari budasanzwe wemera gukundana numwana winkubiswi utagira epfo naruguru kandi iwanyu ntacyo mubuze!!! Gusa nange ngiye kugukunda kwere,@urukundo rw’umukene@”l’amour du pauvre”ari naryo izina rya film yacu!!!!!  
 Nancy;chr!!!ibyo iwanyu batunze ntukabitekerezeho kuko igihe utazi byose byagenda ureba kandi burya ubukene bwaha kwisi ntago ari isezerano!!bwirirwa aha ejo bugataha ahandi today urakena tomorrow ugakira rero ntukabitindeho bb!! Kandi burya iyo ugiye murugo rwawe ntago ujyana ibyiwanyu ahubwo urabisiga ugashaka ibyawe  
Brain;nancy iyaba ¼ cyisi basi gitekereza nkawe isi yakongera ikaba pardise nkoko Rurema yayiremye   
Nancy;ariko nawe chch urakabya kbx.cher hari benshi bameze kange gusa nuko aringe wabashije kumenya(aseka) 
Brain;niba hari nuhari nibimureba nsinkamumenye kukumenya wenyine birampagije my darlirng!!! Ariko bb rek ngusabe akantu kamwe  
Nancy;urabiziko ntacyo nakwima ngifite ma heart kereka ntacyo mfite.ntaribi kinsabe   Brain;chou nsenzeranyako utazigera umpemukira narimwe ko ntabandi bahungu uzigera undutisha sweat lve   
Nancy;lv I swear to my Lord I can’t love other boy beside u.you are the one and always you will be the one,none can replace you in ma heart!!!cause u’re the base of ma life and I wish that God help me to make you my finally boy..then chch please tell me that you can’t love other girls except me??  Brain;I promise ma love I can’t love other girls u are my only one and my last one none can make my better world except you   (we loughing all)  Brain;nancy wagira ndi mundoto kbx !!!gsa niba ndimo ndita nsinganguke kbx  koko nancy now you are mine sweat lv  Nancy;yes I’m yours sweat mutima!!! gira umutima uhamye ubu ntawakuntwara  Brain;ngaho nyegera nongere kugwemo bb(araza angwamo kiss sinakubwira ubona ibyishimo biraha kbx) Brain;ndagukunda nancy(mwijwi rituje twegeranye)  Nancy;nange ndagukunda brain kandi forever!!!   Brain; nancy ubu nemerewe kuguhamagara amazin nk chr,honey,chou,chch,ma lv,ma darling,sweat hrt nayandi menshi ntacyo nikanga Nancy;cyane rwose nange nzakwitaba ntacyo nikanga kandi binteye ishema ko ubinyita.kandi brain ndagushimiye kuba unduhuye umutima kuburyo utabyumva kbx!!  Brain;nancy ukekako ariwoe wenyine wari umeze nabi niba arinako ucyeka wibeshye cyane kuko nari nange naringiye kuzapfa kbx gusa nari naragutinye nkekako mbikubwiye wahita ureker nokumvungisha nkaba nikuye amata mukanwa kuko kukubona iruhande rwange byaranyuraga gusa nkuyemo isomo waAllah  Nancy;irihe somo bb  Brain;ntugatinye kubwira umuntu ko umukunda kuko aho kunigwa nijambo wanigwa nuwo uribwiye  Nancy;aho ndikumwe nawe ntampamvu yo kwitinya  Brain;sweart hrt nancy  na Nacy;yes bb  Brain;reka tuzamuke butangiye kwira gusa uyu munsi ntago ndibuze etude utaza kunshak ukambura ma lve!!!  Nancy;humura chou uyu munsi ntago ngushak kub utajya etude nange ntago ndibujyeyo  Brain;oya b nib ufite swagz ujye etude  Nancy;mbarira chou ibyishimo mfite uyu munsi ntibyareka njya etude kbx ngiye koga mpite niryamira   Brain;ok.ntarib rek tugende rero ubwo tuzabona ejo.have nc evening   Nancy;see u take kiss(……)  brain;kiss(…..)  brain; 

 (Ubwo yahisi agenda agana dormitory zabo nange ndagenda gusa nagendaga amaso atamuvaho nawe agenda amaso atayankuraho kugeza aho buriwese ageze aho atabona undi,gusa nge numvaga ibyishimo byandeze ndimo ngiranti ndi munzozi kbx!!ubwo nageze dormitory tugirana ikiganiro gito nab Gauthier na blaise)

  Gauthier;ariko mn brain ko mbon wishimye cyane keza yakubwiyeko akwemera   Blaise;haricyo utabonase mwan  Brain;mwibeshye mn gus mumenyeko mbafitiye amakuru menshi nzababwira ejo  Blaise;ntago ujya darassa x mn   Brain;wp kbx ntago njyayo,ahubwo muze kunzanira icyaka bavandi!!!   Gauthier;aha sinzi ibyawe muvandi gusa gira vuba uzatwihere ayo makuru wabona agwamo  Brain;nahejo mn gusa uyu munsi sinabibabwira kuko mwaba mubimenyeye rimwe nange kandi ntawe urya inka nkanyirayo!!  Blaise;ok ubwo naha gorob tukuzaniye icyak bro   Gauthier;saw mn ibitotsi byiza 2 brain;merci absa
 

Tugaruke muri dorm za bakobwa
 
Sharmilla;arko nancy ko mbona wagirango ntushak kujya class ahubwo ukab urimo wicara wisekeshwa bimzte  Nancy;mbabarira undeke nishime ndimubihe byiza chr   Sharmilla;byagenze ute c mwan  Nancy;mbabarira uge class nzakubwira ntago ndiyakira  Sharmilla;ahhh!!reka nigire class gusa ndategereje kbx  Nancy;chou ntubizise ko ntacyo naguhish nzabikubwir ejo gsa utegure party yange nawe yokwishimira intsinzi tugezeho  Sharmilla;menya bikaze2 ariko reka ndeke kwiyicisha amatsiko uzambwira ejo.nzekukuzanira ibiryo x chr!!! Nancy;shn ndumva ibiryo byo muri refe ntabyo nshaka uze kujya canteen ushake akantu unzanira Sharmilla;ok noneho numpe iyo billfold”wallet” narinyisize nziko ntacyo nkoresh amafaranga  Nancy;take it,arko se mwan money ntizirarashira!!!reb asigayemo wapi arko agiye kurangira kuko hasigaye 30k ”30,000rwf” yonyine  Nancy;ehh ndumva adushiranye kbx ejo nuguhamagara murugo bakohereza andi vub   murugo ntituzabakira kbx ejo bundi niho batwoherereje 85k none nyum yukwezi kumwe arashize!!! Nancy;reka barayafite bage bayaduha nibo batubyaye  Sharmilla;rek ninabyo kbx bage bayaduha ntibayabuze!!! Nancy saw ibitotsi byiza ndagiye  Nancy;merci chr nawe bone etude



At morning on Sunday

 
Duhere kuri brain nabagenzibe
Gauthier;arko mn brain uracyaryamye aya masaha byuka udutere za story mn  Brain;eehhhhh!!!bwakeye ryari wangu wagirango mfite hangover kbx  Blaise;byuka wamureziwe utazab imbwa urabona igihe umaze muburiri mn    rek byuke wamugani ntazab imbwa arko kuki mutabyukije mn ngo nigire sport murampemukiye kbx  Gauthier;hari umukozi wawe se uba hano cyangwa hari umu gore wawe uraha!!  Blaise;rek wishinyagura umugore c yamukurahe ko ntana cher yigirira ninyakwigender  Gauthier;uravug ukuri rwose arabur kwemer umwana ubimwerek keza none ngo ategereje Nancy wihebewe na mago yose ubon urinde wokumwegukana mn   Blaise;yp Gauthier uri mukuri kbx arimo apfush keza ubusa ngo ategereje akimuhana nancy!!! Mn brain ibyo tukubwira sibyo mn  Brain;arko mn ibyo bigambo murimo muhuragura ngo nancy ntiyanyemera keZa ngo niwe unkunda nimbabwir ya story nababwiye murajyahe   Gauthier;mn ereg tub tukubwir ukuri!!! Wamugani twavuze menshi twibagirwa ya story yacu watubwiye utubwir none  Blaise;wamugani mn natubwire kbx   Brain;ariko mwan muragura 2 kuko sinababwira kubuntu ninkuru igurishwa  Blaise;nutubwira ibizima nyine nawe urabyumva akantu nako karazamo  Gauthier;ubuse mn niki kizima brain yatubwir cyatuma tugura koko   brain;babivuze ukuri koko ntamuhanuzi wemerwa iwabo Gauthier ubon twarakuranye ukagirango ndimugenzi wawe!! Gauthier;muvndi nsiguciye integer kbx get up  Brain;umv nyn mn ejo twari muri sport nkibisanzwe ndikumwe na nancy arambwirango ararushye maze tujya kuruhuka


..........((ubwo nababwiye story yose uko byagenze kugeza aho twatandukaniye tumaze kub aba bf&gf)) ........

Gauthier;eeh ehh wow bro!!! congs kbx komerezaho.ahari ndikurota kbx nancy abwira brain ko amukund umwa wambere mukigo mwiza afite na mafaranga,mvndi wa Allah ndabyemeye burya ntago turi kurwego rumwe pe ikosora dotcom!!! Blaise;nge ndumva mbuze aho njya kbx nuburyo twaguterag amagambo witurije koko burya ukor ibyazi annya ahetse kbx!!!but felicitation bro ukoze ibyo abandi bananiwe!!! Ubwo abikubwiye wumvishe umezute mn  Brain;mn nyine numvishe umusatsi umvuyeho ntangira kubira ibyuy muntoki gusa ndiha kuko nancy ntiyari gutinyuk kumbwirako ankunda ari umukwo nuburyo bigoye none ngo ninge wari kubura kubumva nari kuba mbaye imbwa2  Gauthier;mn uriya mwan nintwali kbx yafashe umwanzuro wokubikubwira k akwemer kandi wamaze nokumubwira staff zawe zose ko ubayeho muburyo bwumwanda  Blaise;mwan it is unbeilvable kbx nancy nzi mn!! Brain;mwan uko byabatunguye niko nange byantunguye kbx!!  Gauthier;brain rek ngusabe akantu kamwe  Brain;akahe se mn kuziko ntacyo nakwima ngifite   Gauthier;mvndi uriy mu bb aragukunda byanyabyo mn kandi nibyo koko byagaragariraga amaso koko kuza kukubwir umwigishe basketball suko ariwoe waruzi basket kurush abandi kuko icyuzi cyane ni  football!! Kandi reb uburyo yabunuje b peter kandi ari umwan udafite icyo abuze akemer gukunda woe wariye umwanda bihagije!!rero icyonshak kuvuga niki brain  Brain;vug ndakumva bro!! Gauthier;……………… next epsode!!! Ese urakeka ariki Gauthier ashak gusaba brain ntucikwe na epsode ikurikira Like,Comment na Share ngakomeza

NTIWIBAGIRWE KUDU FOLLOWING NA EMAIL YAWE MURI FOLLOW MADE IN HEAVEN BOX
AUTHOR:Elysee mascot
PROMOTION BY: MADE IN HEAVEN
www.irothegreat.blogspot.com rugambaobed@gmail.com

Comments

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2