L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2

L’AMOUR DE LA PAUVRE

SEASON II

EPSODE Ⅱ

Duheruka gathier harikintu agiye gusa brain ese yaragiye kumusab iki??

  Twakomeje.. 

Gauthier;brain ndashak kukubwira umbabarire ntuzahemukire nancy kuko umubabaje nage uzab umbabaje pee Blaise;ibyo uvuga nibyo mn Gauthier kuko ngwee guhera ubu uriya mwan ngiye kuzajya mwubaha byiteka kuko ubu abaye umwe muritwe kandi na Bible irabivungo abo kwubaha mububahe,kandi pe nancy numwan ushyir mugaciro kandi ababikora nibake ngewee mpise mukunda pee Brain;murkoze kunama zanyu mungiriye bavandi nancy sinamuhemukira kuko uriy mwan anyeretse itandukaniro,ahinduye ibyo natekerezag byose ko atareshya ataramukanya Gauthier:arko kuv mbere narabikubwirag mn ko uriy mugani”an iron catten” atareshya ntaramukanya nababwiyeko mwebwe muzawuhinyuza none riratashye iryo navuze brain;mn wagirango uraragura kbx ngenabonye bitazashoboka mn .ngaho x ongera undangurire mn ndebe nibabizaba

(by blague) Gauthier;nge ndaragura mn ahubwo reka ndebe nibindi nkuragurira.ahahh uzi nikindi mn Brain;iki x mn Gauthier;mn muzanabana kbx kandi uzabibona((bose baraseka batangaye))  
Brain;mn noneho ibyobyo ni danger pe ubwose uriya mwan ubon namutungish iki? Gus nabyifuza pe!!! 
Blaise;ntakitashobok mn kandi umutima ushaka urashobora kandi nubishyiramo imbaraga bizab kandi nizo note(cash) uzazibona kbx don’t give up bro!!!  
Gauthier;cyane rwose 
Brain;rek tubihange amaso abasa 
Blaise;arkose mn ko twavuze byinshi tukibagirwa keza nawe mbona ashobor kuzakuber imbogamizi 
Gauthier;wamugani keza aragukunda pe even I’m perhaps that!!!  
Brain;rek ibyo tubireke doreko uvuzeko utari sure kandi nange nuko rero rek tubyime agaciro!!!  
Gauthier;tuzareb mn rek tubihe igihe!!  
Blaise;mn rek tujye koga tuge muzindi activities2 
Brain;ntaribi mn rek tugende
Tuze hano kuri girls’s dormitory


 
Sharmilla;nancy igihe waryamiye ntago imbavu zikurya we 

Nancy;ndek niryamire mn kuko ibyishimo mfite wagirango ndimwijuru rito!!! Sharmilla;ngaho byuka ubwire za story uzi amatsiko nararanye chch Nancy;ahaa!!ariko nawe ugira amatsiko san ko uziko ntacyo naguhisha ayo matsiko yose nayiki Sharmilla;sh mbwira vub niba ari ngombwa tubisereburire chr!!!Nancy;nonese ndakubwir ntar brosse mu kanwa we!! Ubwo iyo smell wayikira Sharmilla;mbwir wana ntago ndi cher wawe ngo ndakwanga Nancy;ok ntaribi noneho ubwo ubyemeye rek nkubwire gusa nimara kukubwira urahita unterura mubirere kuko nakoze ibitakorw naburi wese Sharmilla;nguterura!! Wowe mbwira niba ari neza ndakora nibirenze kuguterura Nancy;Sharmilla ejo nabwiye brain ko mukunda Sharmilla;ehhh!mbwira mwan ubwo yagusubije iki?cg ntiwasanga yakubwiyeko azabitekerezaho kuko tubikora cyangwa ugasanga yakubunuje nkuko ubikora abandi?? Nancy;wowe ntamakuru ufite kuko igisubizo yakimpaye Sharmilla;ubwo yakubwiye gute we mbwira sh(namatsiko menshi) Nancy; sharmilla;arko nawe ntukabe nkabana urabona ibyishimo mfite yaba yampaye ikihe gisubizo!! Atari ndagukunda Sharmilla;wawuuu!!! Nancy u done it kbx!!nakugirag inama nziko utabikora none urabirangije ukwiriye kuba intwari kbx!! Nancy;cyane rwose ubabaye niwe ubanda urugi Sharmilla;Nancy nukuri ndishimye felicitation ma chr ,wawwwuu!!! Wawuu!!!(nibyishimo byinshi) nancy uzi nikindi ahubwo nsiguterura gusa ndanaguhek aho buker(by brage) Nancy;sharmilla ubu brain nuwange itaka ryose Sharmilla;shn nancy mbabarir umbwire uko byatangiye byose ubimubwira nancy Nancy;ok!! Shn ejo tugiye muri sport nkuko bisanzwe twagezeyo…………….

(yamuteye story yose ntacyo atarutse murabizi mwese aba somye epsode za shize) 
Sharmilla;shn ndumva brain yarahuye nubuzima bubi kbx gusa nge sinsbimukekeraga nabonag ari umwan nyn uraho arko nabwo atameze gutyo umbwiye 2 Nancy;nange byantunguye kbx kuko brain urebeye inyuma wabonag ari umwan ufite iwabo bakaze kuko brain numwa ugenda niyi generation ubona azi byose cyane!!!!Sharmilla;gusa nancy ikosa warigukora sinzakubabarire ni rimwe Nancy;irihe x we Sharmilla;iyo uhakanira brain witwaje ibyo yakubwiye byuko arumukene twari gupfa ubusa Nancy;shn nange urabiziko iryo kosa ntarikora sharmilla sinahora umuntu ko ari umukene kuko natwe kub twaravukiye mumiryango ikize suko twahisemo aho tuvukira twarahisanze!!! Sharmilla;mwn uvuze amagambo anyubatse kbx gusa narimbiziko utabikora nawe uri intwari kbx!!! Gusa nange iyo mba umuhungu nari Gusaba Imana ukaba uwange Nancy;shn ntago nubundi wari kuntwara brain Sharmilla;nancy nuburyo turincuti wankatira wee!! Nancy;nsikubeshye pe nabakunda mwembi kuko mwese muri ncuti zange Sharmilla;nivugirag2 ndabiziko brain ntawamugutwar nuwambere kuri woe Nancy;brain ndamukunda pe kuva umunsi wambere baza mukigo barikumwe na Gauthier nge nahise mubona nuko woe utababonye Sharmilla;bury abantu cyagihe wambwiye umunsi wambere tuza nib brain? Nancy;cyane rwose naramubonye bwambere numva ndamukunze”first sight” Sharmilla:ntumbwireko brain yabaye first sight” ni umuntu ukunze ukimubona bwambere” kuri woe Nancy;cyane rwose burya icyawe ntaho kijya Sharmilla;nancy ryajoro twaje wahise umumeny ahhahh!!! Gus nancy umbabarire ntuzahemukire brain kuko wambwiye amateka ye numva ndamukunze cyane pe Nancy;humura pe brain namubonye mushaka kuko ntiwakumva amajoro namaze ntekereza kuri brain none ngo ndamubonye mubabaze sinabikora!! Cyerek ariwe biturutseho kbx!! Sharmilla;wapi kbx brain nawe uko bigaragar aragukunda ntiyagukorera ibyo bb!!Nancy;bigenze biryo Byab ari nko kurira akabuto kazahabu ku isani yi feza Sharmilla;ahhhh!! Nancy usigaye uri numusizi bury!!(bose baraseka) Nancy;shn tubireke 2 ahubwo reka nge kwitegura ndabizi ubu abandi bari hafi kujya gusenga!! Sharmilla;cyane ahubwo gir vuba tudakererwa Nancy;yp

Tuze kuri keza na teta

 
Keza;ariko teta waje ukaba unganiriza Teta;hari agashya x umfitiye chr keza;rek ndangir ungire inama mwn Teta;iyihe nama x Keza;uzi uburyo nkunda brain kbx ariko byandenze gusa uyu munsi ngomba kubimubwira! Ungiriye iyihe nama se we? Teta;shn ubury mbonamo brain mbon ashobor kub yikundir nancy kuko uko mbabon mbon birenze ubucuti busanzwe!!gusa mvndi sinaguca intege kora icyo wapanze kandi courge chch!! Keza;wp sh kariy gashyano ntikankir kbx kantwye brain Teta;shn ntibyoroshye gus uzagerageze amahirwe yawe yanyum aho kugirango uturike umutima Keza;ahubwo none ntakabuza ngomba kurar mbimubwiye Teta;ok bonne chance mubyo ugiyemo byose gus niteze amakuru meza keza;thanks


Brain(hari mumasah yanyum ya saa sita aho nari kumwe na manig yange turimo twiyumvira music doreko naho nashonaga!! Ubwo teta yahise aza adusanga aho twari ahita ambirako anshaka mpita mbwira amanigz yangeko ngiye kumva icyo teta anshakira ko ntatindayo ubwo duhita tugenda nge na teta) 


Brain;nonese teta uranshakir iki we? Teta;tugende woe ndakubwira tugeze aho tugiye ((ubwo twaragiye mbona twinjiye muri class gusa natunguwe nibyo nabonye!! Uti wabonye iki?twageze class mbon umukobwa wambaye neza cyane ubona haricyo yiteguriye gusa natunguwe nogusanga ari keza numva birantunguye cyane . 
Teta;ok brain ngwee ibyange ndabirangije ni keza wagushakag rek mbe mbasize ubwo turikumwe brain(ubwo teta yadusize aho arigendera adusiga hamwe na keza twenyine ngiye kumva numva keza arampamagaye keza;brain wanyegereye(ubwo nahise mwegera aho yari yicaye maze atangira kuvuga) brain nsintinda muri byinshi ncahirya nohino kwihangana byananiye ngiye guturika umutima kubera woe ndara amajoro ngutekereza gusa ndagirango birangire uyu munsi!!! Brain ndagukunda ese wanduhura umutima nawe ukambwirako ukunda? Brain(bavandimwe amagambo keza yambwiye yarantunguye cyane nubwo nabikekaga ariko sinarinziko arurwo rwego keza ankundamo!!!! ndimo nibaza ibirimo bimbaho nkumva birancanze gusa nahise mubwira uti) Keza mbabarira kubwamagambo ngiye kukubwira gusa unyihanganire keza ntibishoboka kuko mfite undi mukunzi kandi dukundan cyane sinamuhemukira kandi keza sorry for this word!! Hari abahungu benshi beza kandi bandush ubwiza uzababona kuko nawe urimwiza cyane Keza;brain no no no ntiwankorera ibi!!! (nagahinda kenshi)  
Brain;keza there is no other way please!!!  
Keza;yp ndabyumva kandi bibaho ubwo nyn hari uwantanze umugish ntakundi!!! Basi Brain mbarira umbwire uwo mwari wagize amahirwe akagukunda  
Brain;ntabanga ririmo kuko twe ntago dukundana nkababana bakundana babihisha twe turi proud yabyo ni Nancy kandi ndakeka umuzi Keza; nakabiketse kbx gusa narye ari menge kuko tugiye guhangana ((avugira mumutima))ahita akomez ambwi ati: ok! Bibaho ndabyumva ubwo amahirwe si ayange kbx  
Brain;keza ihangane kandi nonaha uvuzengo urashak umukunzi ndabizi ikigo hafi yabose bahita baza Keza;brain ibyobyose uvuga ntacyo bimariye ahubwo rek nge kuruhuka kuko kwihangana byanze.bye tuzasubir  
Brain;bye and be sorry  
Brain(ubwo nasigaye nibaza impamvu ibintu byose birikumberaho rimwe bikanyobera,ubwo naragiye ntera story abasaza bange ngo bangire inama bambwirako nakomeza ngakunda nancy doreko nange ariwe nikundiraga!! Ubwo urukundo rwange na nancy rwgiye rwiyongera umunsi kumunsi rugenda rukomera no mukigo cyose barabimenya,arinako keza yagendaga azonga nancy bigiye kure kugeza naho baje kuba abanzi cyani ubwo nancy yarabimbwirag nkamwihanganish!! Ubwo iminsi yarakomeje iricuma.hari kucyumweru tuvuye gusenga ndimo nkaraba intoki nunamye kuri rorbine numva umuntu amfashe munda nudutoki tworoshye twiza gusa numvag ari nku twumukobwa ndebye arinde nsanga ari nancy nange mpita mpindukir nange mufata munda mpit muha k kiss on her lips  

Brain;chr urantunguye cyane naringizengo nikindi gikobwa kimenyereye Atari woe mpite nkibagir ibisiga Nancy;oohh chch uruwage bose barabizi ntanuwakumenyer kuko arabiziko nahita mukur mubazima  
Brain;chr wakica umuntu kuber nge  
Bancy;chch byaterw!!gsa ntabundi buryo mfite nabikora.nonese woe chr wabikora Brain;cyane rwose mbonye bitanashoboka nakemer nkahasiga ubuzim bwange bcz o’ you Nancy;uranshimishije cyane kub wahar nubuzim bwawe kubera nge!! Gsa nyn upfuye nagukurikira kuko sinasigara kuriyi isi udahari bb  
Brain;ubwo ushatse kuvugako twapfir umunsi umwe nge nawe? 
 Nancy;cyane rwose  
Brain;ubwose twarabyaye aban bacu basigarara barerwa nande? Nancy;imana yabaduhaye yakomeza kubarera 
Brain;nancy iyo umbwir ayo magambo bitum nkomeza kugukund kurwego rwohejuru Nancy;nange nuko mukunzi brain;rek tuge refe dore nabandi bagezeyo bose  
Nancy;puuu!!1 kiriya ki refe harimo urusaku rwinshi byatuma tudakomeza kuganir rek tuge canteen abe ariho dufatir amafunguro yacu 
Brain;ariko chr buri munsi tujya canteen ubwo simibare mike  
Nancy;chou ntakibazo amafarang arahari wasanga ufite ikibazo cyuko ari umukobwa uri kukugurira!!! Please don’t worry abt it!! We are the one.ubu burumwe azi uko buri wese ahagaze!! Kandi chr mbabarir ntukage unyishisha uge unyisanzuraho!!!  
Brain;nancy nshimir Imana yatumye nkubwiza ukuri uko mpagaze ubu mba maze gusara kbx rero kub unzi ko ntaho naguhishe rek tugende twirire ama cach yu mugore dore aba anayafite!!!(twese turaseka)) nancy;ntakibazo binteye kandi nizeyeko harigihe ayo mafaranga uzayabon akba ari wowe uzantunga ubuzim bwange bwose.wishura school fees zaban bacu burikimwe cyose ari wowe bireba,kandi uzab ubikor byose bitakugoye kuko uzab ufite cash zihagije!! Chch urumv bizab bimezute?  
Brain;hahh ndumva bizab ari nkokumarir inyanja yose mukobo ka 1cm!!! Nancy;arko chou wabaye ute wagiye wigirira ikizere nuburyo urumuhanga!! Ngaho nsezeranyako ubyizeye cg ndire bikugore kumpoza mze ndebe uko ubigenza!!  
Brain ubwo urumva kuguhoza byananira gute umwan nitomboreye,naguterura,nka gusimbiza kugeza igihe utuje bb Nancy;nib aruko reka ndire kugira unterure niyumvirere akanyenga!!  
Brain;sibyagomber ko urira kugir nguterure ahubwo nib ubishaka haguruk nguhe care sweat hrt!! (ubwo yahise ahaguruk ntang care ndamuterura nawe amfashe mu ijoshi muzunguza mukirere nawe yishimye byasan umukozi wo muri canteen yumiwe gusa yatubwiye amagambo meza agir ati nancy nawe brain nimukomeza gutyo ndakeka ahaza hanyu hazab heza cyane!! Ubwo twaramushimiye kubwamagambo meza atubwiye arinako tukomez kuganir nge nanacy twishimye nkabari mu I juru rito,ubwo twarakomeje kugeza igihe buri wese agiye kwitegura ngo age class.ubwo ibihe byagiye byicuma arinako tweger igihe cya exam ubwo nge na nancy twahise twiyemeza gukor timetable yigihe cyo guhur kugir tutazatsindwa ababyeyi bakarakar kandi kwig aricyo cyatijyanye kandi amasomo ninayo yaduhuje nge nawe ubwo twiyemeje kuzajy duhur aruko tugiye kubwiran bonne chance noguhur tubazany uko exam yarimeze.byaratugorag cyane arko twari dufite icyo twasize imbere!!gusa burikimwe cyose gitangir kib gifite niherezo igihe cyarageze exam irarangira twinjir muri “woatime” abenshi bita chomage,murabiziko chomage ari igihe cyo kuganira ubwo nange na nancy twari tugiye twabon umwnya wo kuganira birambuye!! Ubwo twaraganiriye,tujya sport,turebana movies,ibyiza byose twarabisangiye!! Ariko sinzibagirw umunsi bucya dutaha twagiranye ikiganiro arinabwo yanyeretse ikintu cyantunguye cyane
Brain;chr urabyumv ute kub ejo tuzataha nancy;shn nagahinda pe kub tugiye gutandukan basi uwakongeraho nka 2weeks tukirikumwe nawe!! Woe se urabyumva ute kuba tugiye gutandukan
 

Brain;ubwose urumva ikintu cyatum dutandukana nacyakira gute!! Bitari agahinda gusa ko mba nu mva nshak kugum irihunde rwawe nireber ubwiza bwawe ninseko itagir uko isa Imana yakwihereye!! 
Nancy;nange nuko bb!! Gsa brain hari akantu nshaka kukwereka  
Brain;agaki se bb!! 
Nancy gafore nawe??  
Brain;shn mbabarir ukanyereke amatsiko aranyishe foooo!!!!  
Nancy;ngaho humiriza nkakwereke  
Brain;nabikoze ngaho nyerek 
Nancy;ok ngaho humbur amaso yawe urebe brain((ubwo nahumbuye amaso nsang ni……………….next epsode!! Ese murakek ariki n-Nancy yanyeretse!!ntimucikwe na next epsode ikurikir 

Like                                               Comment                na                       Share

tugakomeza kandi mwihanganire gutinda kubaha next epsode nari narahuye nakabazo murabiziko mbemer cyne ntacyo nabima ngifite!!!!kuko muri byose


AUTHOR:Elysee mascot


PROMOTED BY : MADE IN HEAVEN www.irothegreat.blogspot.com

Comments

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE