L'AMOUR DU PAUVRE Season 1 FINAL EPISODE 6


L’AMOUR DU PAUVRE: 

SEASON Ⅰ

Final EPSODE FOR SEASON I

Duheruka nancy amaze kumbwirako ari watumye mbona match ubwo nange ibyishimo birandenga mpita……… twakomeje

BRAIN; nancy mbuze icyo nkubwira gusa thanks so much my best friend   Nancy;yeah!! Ngaho numpe ibihembo byange wemeye kumuntu wabigukoreye   Brain;ngaho mbwira icyo ushaka cyose ubona nshoboye
(ubwo nabimubwiye numva mfite ubwoba ko aribunyake ibirenze ariko pfakwihangana ndatuza numva icyo ansaba)  

Nancy;icyo wumva ushaka cyose kitagusaba amafaranga  brain;ubwose ikitansaba amafaranga niki kok
(dusa hagataho numvaga nsubijwe cyane wager yari muntekerezo zange kuko murabiziko nta money nari nifitiye 20k master yarampaye niyo nariho yonyine kandi ubwo naribuyaguririremo incuti zange zose)  
Nancy;nawe reba ikintu cyoroheje icyo aricyo cyose kiranshimisha  
Brain;ubwo natekereje ikintu gito namukorera akishima gusa sinari sure ko kimushimish kuko sinarinzi ibimunyura  
Brain;ok ubwo wambwiyeko icyo nkora cyose kigushimisha rek mbikore  Nancy;ntaribi2!!go ahead   Brain

(ubwo amaze kunyemerera nahise mwiyegereza turebana amaso kumaso mpita manura umutwe mukubit kiss on her lips.ndangije mbona aramwenyuye yishimye cyane ubona bimunejeje cyane nkibaza umwana udasaba ibirenze akashimishwa nutuntu duto nkumva birancanze kbx,gusa nange simbabeshye kumusoma byarashimishije cyane wager ndi mu Ijuru rito wamugani wa Christopher,ndagije nancy yahise ambwira amagambo meza ntigeze numva narimwe nyabwiwe nundi mukobwa,yarambwiyengo  
Nancy;brain ibi unkoreye biruta uko wampa z million cg ubutunzi bwamirerenge kuko bigaragaza urukundo ruri hagati yabantu,nib umuntu agukoreye neza ntibivuze kumwitura ku muha ibintu bifite agaciro kenshi,amafaranga nibindi byinshi byubutunzi.brain ibi ukoze biranyuze cyane kuburyo utabyumva kandi mbivuze mbikuye kumutima…  Brain

((nkimara kumva ayo magambo nibajije byinshi uburyo uyu mwan adakunda ama faranga kandi ubu ariyo ikiremwa muntu dusize imbere nkumva biranyobeye kbx.gusa kuko nabonaga iwabo ari mukantu naravugagati buriya numurengwe ibimutera akubiswe yabyumva kuko numva umuntu utey utyo atakibaho muriyi minsi yacu)  

Brain;nancy sinkuziho byinshi gusa tuke nkuziho maze kubonako utandukanyenabandi cyane gusa hahirwa umugabo uzakujyana menye impamvu aba type bose kuri iki kigo bakwirukaho cyane!!!! Ngaho mbwira impamvu wabinkoreye ukansabira umukino 
Nancy;nuko wambwiyeko uzi gukina football kandi icyo wiyemeje cyose ukigeraho  ,niyo mpamvu nagusabiye umukino kugira wigaragaze nawe   
Brain;nancy ntacyo mfite ubu nakwitura gusa nizerako ikidahura ari imisozi naho abantu turahura,harigihe tuzahura nkabikwitura kabone niyo yaba Atari murubu buzima niyo twahura mubundi buzima Atari ubwaha nzakwiyura iyi neza ungiriye wabyanga wabyemera  
Nancy;hahhhh ntabirenze nakoze2,gusa reka tuve hano muruyu mwijima bagakeka ibindi  
Brain;ibirenze byo wabikoze kandi birenze cyane kbx!!!wamugani wawe reka tuve hano hatagira umuntu udushyira mumajwi.saw bye bonne etude kandi thx 4r everything  nancy;saw nawe bye bn etude.kandi nawe wakoze brain  brain
(ubwo nancy yahise agenda class nange ndagenda gusa ijoro ryose narimaze mutekerezaho,gatekereza twakundanye yewe tukanabana gusa nyine byari nka wamushinji urota arya kuko urwego nancy yarariho ntirwari rusanzwe kbx!!!twikomereze ubwo nageze class mbona keza arimo andeba muburyo budasanzwe  murebye mbona ahise amwenyurira gusa sinamwitaho mpita nikomereza aho ba Blaise na Gauthier bari bicaye mbabwira ibyambayeho byose)  
Gauthier;mn nge ndumva uriya mwan ashobora kuba akwemera kbx   
Blaise;cyane rwose uriya mwan yatakayemo ahobwo nuko arikwigira bimwe byabubu ngo nta mukobwa wabwira umusoreko amwemera  
Brain;sh muge mwituriza basaza namwe murabiziko bitashoboka  
Gauthier;reka tukureke mn gusa ntuzabure ubwenge wikure amata mukanwa mvndi!! 
Blaise;ariko mn turetse nibya Nancy nge mbona na keza akwemera kbx  Gauthier;mn narinziko aringe ubizi ngenyine bury nawe urabishona mn   
Brain;sh ntababeshye pe ibyobyo nange ndabibona kandi akora uko ashoboye kose ngo abinyereke  
Gauthier;kandi keza ntacyo abaye mwana   
Blaise;cyane rwose nineza kbx  Brain;nonese mn mungiriye iyihe nama?   
Blaise;kunda umwan ubikwereka mn ahari wabon nuwo Nancy tukubwira atakwemera wamugani wawe impamvu akwereka biriya byose aruko umwigisha gusa  
Gauthier;rwose akimuhana kaza imvura ihise kunda keza ubikwereka cyane    
Brain;ngiye kubitekerezaho mn
(ubwo twahise tujya refe gusa naraye mbitekerezaho ijoro ryose ibyo incuti zange zambwiye ngo nikundire keza ubinyereka nanone nakibuka ibyo nancy yankoreye nkumva mbuze icyo mpitamo nkumva ngiye mumandazi wa Allah!!! Nabitekerejeho ijoro ryose mbura igisubizo)
At girls’s dormitory morning
Teta;ese keza ko mbona intekerezo zawe zitari hafi bite   
Keza;sh ntakubeshye ntamahoro mfite muringe pe   
Teta;kuber ik x mvndi wambwiye nkakugira inama   
KeZa;ndimo nkunda 
Brain cyane sinzi aho bizagarukira pe ndicara nkamutekereza naryama nka murota sh kwihangana byanze pe  
Teta;ntubeshye kbx uwariwe wese yabibona gusa gabanya ku mwimariraramo kuko usanze atagukunda ndabona wahita usara kbx,ndabon warenze igaruriro    Keza;wamugani wawe nsanze atankund nahita niya hura pe kuko brain namukunze akinjira muri class kbx  
Teta;rero ujye uteganya ibintu byose kuko iyo ubwiye umuntu ko umukunda uteganya ibintu bibiri kuba yeyo cyangwa oya.gusa muri woe ndabona wari setting mo yego!! Gusa nsiguciye integer wasanga nawe akwemera.ariko se wa mukobwa bahorana urakeka ntakintu kirimo?  
Keza;shn nange nicyo nibaza gusa kariya gakobwa kambona kantwaye Brain  Teta;ntugakabye urukundo ntiruhatirizwa.rijya aho rushatse ubwo namugutwara ntazaba ari uwawe kbx ahari wazabon undi wawe Atari brain    
Keza;ibyo umbwira sibyumva kbs kuko brai ninge yaremewe ntamuntu wamuntwara  Teta;urateganya gukora iki x keza  
Keza;ngiye kubirangiza 
Teta;ugiye kumubwirako umwemera se mwan  
Keza;cyane rwose kandi vuba aha    
Teta;kwifurije amahirwe nimigish muri plan zawe.
Tugaruke kuri Nancy & Sharmilla
Sharmilla;Nancy harya ejo wari kumwe na brain   
Nancy;cyane rwose last night yari byari ibyishimo kri nge.kuko narikumwe nuwo nihebeye  
Sharmilla;arko se nancy ubona utazaturik umutima uzategereza kugeza ryari  Nancy;nzihangan 2 niba ari uwange icyo wagenewe ntaho kijya nubwo byaba bitinze egeraho ukakibona     
Sharmilla;shn ndumva ufite ukwizer gutangaje courage cher.nonese nancy waritoboye ukabimubwira ko wabona nawe akwemera  
Nancy;shnntinyako yaba yaba atankunda nkaruhira ubusa   
Sharmilla;subwo wabyitwaramo gute agukatiye   Nancy;shn meny ahari nakiyahura kuko nkunda brain bitangaje nta numuntu wabyiyumvish  
Sharmilla;rero nancy rek nkugire inama as frnd iyemeze ubivuge bive munzira nib akwemera abikubwire kandi niba akwanga nabyo ubimenye” there is many birds ti kill”!!!!  
Nancy;wivuga gutyo sharmilla kuko ntawundi wandutira brain  
Sharmilla;shn nange mbon brain ari umwan mwiza ariko adahari ntibivuzeko ubuzima bwahagarara!!gsa this week ntikizashire utabivuze cg reka nzabikurangirize niba wumva woe byanze   
Nancy;wpi shn ngomba kubimubwira mureba amaso kumaso anyemerere turikumwe cg akunde turi kumwe gusa yemeye iyo yaba ariyo ntangiriro yubuzima bwange.kuko hari inzozi nagize turi kumwe na brain nifuzako zaza impamo  Sharmilla;nancy twaganiriye byinshi gusa nkeneye umwanzuro wawe nkandi nonaha  
Nancy;ok  muriki cyumweru ngomba kubirangiza bizagende uko byakagenze. Sharmilla;kbx niteguye uwo munsi wamateka kuri nancy 
Nancy;gusa unsengere mwan  
Sharmilla;hari ikintu nibagiwe kukubaza nancy,basi iyo muri kuganira ubona aba akwitayeho?  
Nancy;shn simbizi gusa iyo turi kumwe mbon anseker akanyitegereza mumaso gusa ntibivuzeko ankunda kuko uko ansekera wasanga arinako asekera abandi kuko ntacyo mbarusha   
Sharmilla;arko nancy kunda uburyo wiyoroshya kbx! Nuburyo abasore bose bagukunda none ngo ntacyo urusha abandi!!!!! 
Nancy;ibyuvuga ntabyo uzi kbx wasanga ibyo abandi bambonaho byiza brain we abona arumwanda kuriwe  
Sharmilla;shn rek tureker gusa aranyemeje kbx ntawagutsinda nancy.basi reka tuge class   
Nancy;yp,but sharmilla make your lips well  
Sharmilla;thanks chch!!!  

Brain
((ubwo iminsi yagiye yicuma gakegacye arinako ntekereza abo murugo uburyo babayeho kumva birandeze . uyu ni umunsi ngiye kubabwira wabaye uwamateka kuringe aho nabonyeko ibyo natekerezaga byose nibeshyaga cyane ,ibyo nabonaga bidashoboka uwo munsi byarashobotse.ut byangeze gute? Hari kuw6 amasaha y saa 16:30 zisaga 17:00 narikumwe na nancy turi muri sport nkibisanzwe nge nawe nagiye kubona aricaye arambwira uti ararushye ubwo nababayemo gake kuko nabaga mfite icyo nabag ndikwirebera abo twatangiranye murabyibuka,ubwo twahise tujya munsi ya cyagiti twicaraga munsi turimo turuhuka gusa twagezeyo mbona nancy atameze neza niko kumubaza icyo yabaye mbona yikije umutima,ubwo ntangira kumubaza niba hari ikosa nakoze byatuma andakarira gusa ambwirako ntaryo!!! Arangije yahise ambwira amagambo nakekagako yambwira kuko numvaga bitashoboka uti yambwiye iki??   Nancy; brain mbabarira ibyo ngiiye kukubwira ubyakire neza  brain(ubwo yambwiye gutyo numva ngize ubwoba nkekako agiye kumbwirako yabonye undi mutoza wokumwigisha ngwee ko anyeguje numva nahita nimanika! Rek dukomeze uko yakomeje avug)) 

Brain;nubwo byaba bigoranye kubyakira kuba ariwoe nagerageza nkabyakira  Nancy;brain ibi ngiye kukubwira mbimaranye igihe kinini kuva nakubona uje hano mukigo  Brain;go ahead nancy!be free for me   Nancy;brain urumwe mubahungu nishimiye kuva naza kuriy isi,igihe cyose wambonaga imbere yawe ngo unyigishe basket suko nashakaga kuyimenya cyane gusa nabyo byatumye ngera kucyo nashakaga kuko nasanze uyizi nange ngerageza bituma uhora iruhande rwange numvaga ari byiza kuringe Brain
((ubwo yabivugaga nikiniga kinshi amarira atemba mumaso nkibaza imikino arimo bikacanga gusa ndihagana arakomeza agira ati))
Nancy;brain ntacyo ntakoze ngo mbikwereke ariko ntiwashatse kubibona igihe niki ngo mbikubwire nduhuke, Brain NDAGUKUNDA !!!!
(( wowww))
BRAIN;iryo niryo jambo narimaze igihe rindemereye kumutima iki cyaricyo gihe ngo ndivuge brain mbabarira unduhure umutima umpe igisubizo ndacyakira uko kiri  Brain
((ayo niyo magambo ntakekagako nancy yavuga kuko nibaza igitumye nancy ankunze ukuntu iwabo ari abagaga nareba uburyo iwacu ntanurwara rwokwishima bifitiye nkumva birandeze,gusa naketseko impamvu nancy ambwiyeko ankunda aruko atazi uko murugo tumeze kuko uko yambonag school bitandukanye nuko murugo tumeze nashatse kumureka ngo atabimenya akanyanga gusa nsanga naba nkoze amakosa niyemeza kumubwira uburyo iwacu tubayeho mumwanda wahatari turi abakene bokubabarirwa hato atanzamvumbura nyuma ugasanga nsize ummwa wabandi mubibazo niyemeza kubimubwira niba ari ukunda akunde kandi niba ari unyang anyange!!! )) 
natangiye ngira nti”Nancy gukunda sicyaha buri wese arakunda gusa ahari ntuzi uwo wakunze uko ameze buriya impamvu wankunze nuko utazi background yange yose niba utanzi neza rekankwibwire ndabinzi shora kurangiza kukubwira ntakiri kukubona iruhande rwange,Nancy iki nicyo gihe nkwibwire nawe umenye uwo ndiwe, Nancy murugo turi abana 3 abahungu 2 numukobw 1 muri family yacu tubayeho muburyo buciriritse aho burikimwe cyose tukibon twiyushye akuya kandi harigi nabwo twiyuha akuya ntitubone icyo dushaka murimake nancy ndi umwana wifuza ikintu ntakibone kuber kubur ubushobozi,ndi umuntu utagurira umukunziwe icyo yifuza ndi umuntu utazabonana udushya twinshi ndavug ikweto zigezweho nimyenda gusa kuba utabimbonana suko bita mbera kandi sinuko byanga ahubwo nubushobozi buke.ndi umuntu wmagendana akagutera ipfumwe mubandi kuko aho bavuga ibigezweho ndibura kuko sinabona aho mbimenyera,ndi umuntu ushobor kumara ukwezi cg umwaka ataragira ikintu nakimwe agurira umukunziwe kirenze cg se kumuha impano ihenze kuber ubukene bwange ni wacu!! Murimake nancy uko nteye ntago nduwo gukundana nawe kuko urwego uriho nurwo iwacu bariho ntaho bihuriye pe,kuko ushobora kuza murugo wabona inzu yacu ukibaza niba ari ikiraro niba ukizi simbizi!!!kandi nancy sinterw isoni nibyo nkbwiye kuko buriya hari impamvu Imana yabishatse ko tumera kuriya.ese nancy ugendeye kwibyo byose nkubwiye urumva uribukomeze kunkunda mubyukuri!!!kandi pe ndabyumva unkatiye waba ufite ishingiro kuko iwanyu muri abaherwe noneho nikiyongereyeho urimwiza bose bifuza utankunze nabyumva pe kuko atareshya ntaramukanya!!! Nancy genda ubitekerezeho neza uzambwira nyuma kandi I’m waiting your answer”  
Brain((nkimara kumubwira ibyo byose nahise mbona ahindutse mumaso ntangira kwicuza igitumye mbivuga kuko bisa nkaho nari nikuye amata mukanwa kuko yandebye bitandukanye nuko yajyag andeba mbona ahinduye isura!!! Mugihe ngitekereza ibyo nagiye kubona nancy arandebye mu masohe hijimye byasana ndamvuganti amenye uwo ndiwe none ngiye gukubitw urushyi 2!!! Ngiye kumva numva aravuze ati…………………

Next Season and Next Epsode.ese urakeka nancy yarambwiye iki?? Ese azemera gukomeza kunkunda cg arahita ahindura intekerezo Season 2 ntibacike Like,Comment na Share mpite Nkomeza Season  II


PROMOTED BY MADE IN HEAVEN 
www.irothegreat.blogspot.com
AUTHOR; Elysee Mascot

Comments

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2