L'AMOUR DU PAUVRE Season 1 FINAL EPISODE 6
L’AMOUR DU PAUVRE:
SEASON Ⅰ
Final EPSODE FOR SEASON I
Duheruka nancy amaze kumbwirako ari watumye mbona match ubwo nange ibyishimo birandenga mpita……… twakomejeBRAIN; nancy mbuze icyo nkubwira gusa thanks so much my best friend Nancy;yeah!! Ngaho numpe ibihembo byange wemeye kumuntu wabigukoreye Brain;ngaho mbwira icyo ushaka cyose ubona nshoboye
(ubwo nabimubwiye numva mfite ubwoba ko aribunyake ibirenze ariko pfakwihangana ndatuza numva icyo ansaba)
Nancy;icyo wumva ushaka cyose kitagusaba amafaranga brain;ubwose ikitansaba amafaranga niki kok
(dusa
hagataho numvaga nsubijwe cyane wager yari muntekerezo zange kuko
murabiziko nta money nari nifitiye 20k master yarampaye niyo nariho
yonyine kandi ubwo naribuyaguririremo incuti zange zose)
Nancy;nawe reba ikintu cyoroheje icyo aricyo cyose kiranshimisha
Brain;ubwo natekereje ikintu gito namukorera akishima gusa sinari sure ko kimushimish kuko sinarinzi ibimunyura
Brain;ok ubwo wambwiyeko icyo nkora cyose kigushimisha rek mbikore Nancy;ntaribi2!!go ahead Brain
(ubwo
amaze kunyemerera nahise mwiyegereza turebana amaso kumaso mpita manura
umutwe mukubit kiss on her lips.ndangije mbona aramwenyuye yishimye
cyane ubona bimunejeje cyane nkibaza umwana udasaba ibirenze
akashimishwa nutuntu duto nkumva birancanze kbx,gusa nange simbabeshye
kumusoma byarashimishije cyane wager ndi mu Ijuru rito wamugani wa
Christopher,ndagije nancy yahise ambwira amagambo meza ntigeze numva
narimwe nyabwiwe nundi mukobwa,yarambwiyengo
Nancy;brain
ibi unkoreye biruta uko wampa z million cg ubutunzi bwamirerenge kuko
bigaragaza urukundo ruri hagati yabantu,nib umuntu agukoreye neza
ntibivuze kumwitura ku muha ibintu bifite agaciro kenshi,amafaranga
nibindi byinshi byubutunzi.brain ibi ukoze biranyuze cyane kuburyo
utabyumva kandi mbivuze mbikuye kumutima… Brain
((nkimara
kumva ayo magambo nibajije byinshi uburyo uyu mwan adakunda ama faranga
kandi ubu ariyo ikiremwa muntu dusize imbere nkumva biranyobeye
kbx.gusa kuko nabonaga iwabo ari mukantu naravugagati buriya numurengwe
ibimutera akubiswe yabyumva kuko numva umuntu utey utyo atakibaho muriyi
minsi yacu)
Brain;nancy
sinkuziho byinshi gusa tuke nkuziho maze kubonako utandukanyenabandi
cyane gusa hahirwa umugabo uzakujyana menye impamvu aba type bose kuri
iki kigo bakwirukaho cyane!!!! Ngaho mbwira impamvu wabinkoreye
ukansabira umukino
Nancy;nuko
wambwiyeko uzi gukina football kandi icyo wiyemeje cyose ukigeraho
,niyo mpamvu nagusabiye umukino kugira wigaragaze nawe
Brain;nancy
ntacyo mfite ubu nakwitura gusa nizerako ikidahura ari imisozi naho
abantu turahura,harigihe tuzahura nkabikwitura kabone niyo yaba Atari
murubu buzima niyo twahura mubundi buzima Atari ubwaha nzakwiyura iyi
neza ungiriye wabyanga wabyemera
Nancy;hahhhh ntabirenze nakoze2,gusa reka tuve hano muruyu mwijima bagakeka ibindi
Brain;ibirenze
byo wabikoze kandi birenze cyane kbx!!!wamugani wawe reka tuve hano
hatagira umuntu udushyira mumajwi.saw bye bonne etude kandi thx 4r
everything nancy;saw nawe bye bn etude.kandi nawe wakoze brain brain
(ubwo
nancy yahise agenda class nange ndagenda gusa ijoro ryose narimaze
mutekerezaho,gatekereza twakundanye yewe tukanabana gusa nyine byari nka
wamushinji urota arya kuko urwego nancy yarariho ntirwari rusanzwe
kbx!!!twikomereze ubwo nageze class mbona keza arimo andeba muburyo
budasanzwe murebye mbona ahise amwenyurira gusa sinamwitaho mpita
nikomereza aho ba Blaise na Gauthier bari bicaye mbabwira ibyambayeho byose)
Gauthier;mn nge ndumva uriya mwan ashobora kuba akwemera kbx
Blaise;cyane rwose uriya mwan yatakayemo ahobwo nuko arikwigira bimwe byabubu ngo nta mukobwa wabwira umusoreko amwemera
Brain;sh muge mwituriza basaza namwe murabiziko bitashoboka
Gauthier;reka tukureke mn gusa ntuzabure ubwenge wikure amata mukanwa mvndi!!
Blaise;ariko mn turetse nibya Nancy nge mbona na keza akwemera kbx Gauthier;mn narinziko aringe ubizi ngenyine bury nawe urabishona mn
Brain;sh ntababeshye pe ibyobyo nange ndabibona kandi akora uko ashoboye kose ngo abinyereke
Gauthier;kandi keza ntacyo abaye mwana
Blaise;cyane rwose nineza kbx Brain;nonese mn mungiriye iyihe nama?
Blaise;kunda
umwan ubikwereka mn ahari wabon nuwo Nancy tukubwira atakwemera
wamugani wawe impamvu akwereka biriya byose aruko umwigisha gusa
Gauthier;rwose akimuhana kaza imvura ihise kunda keza ubikwereka cyane
Brain;ngiye kubitekerezaho mn
(ubwo
twahise tujya refe gusa naraye mbitekerezaho ijoro ryose ibyo incuti
zange zambwiye ngo nikundire keza ubinyereka nanone nakibuka ibyo nancy
yankoreye nkumva mbuze icyo mpitamo nkumva ngiye mumandazi wa Allah!!!
Nabitekerejeho ijoro ryose mbura igisubizo)
At girls’s dormitory morning
Teta;ese keza ko mbona intekerezo zawe zitari hafi bite
At girls’s dormitory morning
Teta;ese keza ko mbona intekerezo zawe zitari hafi bite
Keza;sh ntakubeshye ntamahoro mfite muringe pe
Teta;kuber ik x mvndi wambwiye nkakugira inama
KeZa;ndimo nkunda
Brain cyane sinzi aho bizagarukira pe ndicara nkamutekereza naryama nka murota sh kwihangana byanze pe
Teta;ntubeshye
kbx uwariwe wese yabibona gusa gabanya ku mwimariraramo kuko usanze
atagukunda ndabona wahita usara kbx,ndabon warenze igaruriro Keza;wamugani wawe nsanze atankund nahita niya hura pe kuko brain namukunze akinjira muri class kbx
Teta;rero
ujye uteganya ibintu byose kuko iyo ubwiye umuntu ko umukunda uteganya
ibintu bibiri kuba yeyo cyangwa oya.gusa muri woe ndabona wari setting
mo yego!! Gusa nsiguciye integer wasanga nawe akwemera.ariko se wa
mukobwa bahorana urakeka ntakintu kirimo?
Keza;shn nange nicyo nibaza gusa kariya gakobwa kambona kantwaye Brain Teta;ntugakabye
urukundo ntiruhatirizwa.rijya aho rushatse ubwo namugutwara ntazaba ari
uwawe kbx ahari wazabon undi wawe Atari brain
Keza;ibyo umbwira sibyumva kbs kuko brai ninge yaremewe ntamuntu wamuntwara Teta;urateganya gukora iki x keza
Keza;ngiye kubirangiza
Teta;ugiye kumubwirako umwemera se mwan
Keza;cyane rwose kandi vuba aha
Teta;kwifurije amahirwe nimigish muri plan zawe.
Tugaruke kuri Nancy & Sharmilla
Sharmilla;Nancy harya ejo wari kumwe na brain
Tugaruke kuri Nancy & Sharmilla
Sharmilla;Nancy harya ejo wari kumwe na brain
Nancy;cyane rwose last night yari byari ibyishimo kri nge.kuko narikumwe nuwo nihebeye
Sharmilla;arko se nancy ubona utazaturik umutima uzategereza kugeza ryari Nancy;nzihangan 2 niba ari uwange icyo wagenewe ntaho kijya nubwo byaba bitinze egeraho ukakibona
Sharmilla;shn ndumva ufite ukwizer gutangaje courage cher.nonese nancy waritoboye ukabimubwira ko wabona nawe akwemera
Nancy;shnntinyako yaba yaba atankunda nkaruhira ubusa
Sharmilla;subwo wabyitwaramo gute agukatiye Nancy;shn meny ahari nakiyahura kuko nkunda brain bitangaje nta numuntu wabyiyumvish
Sharmilla;rero
nancy rek nkugire inama as frnd iyemeze ubivuge bive munzira nib
akwemera abikubwire kandi niba akwanga nabyo ubimenye” there is many
birds ti kill”!!!!
Nancy;wivuga gutyo sharmilla kuko ntawundi wandutira brain
Sharmilla;shn
nange mbon brain ari umwan mwiza ariko adahari ntibivuzeko ubuzima
bwahagarara!!gsa this week ntikizashire utabivuze cg reka
nzabikurangirize niba wumva woe byanze
Nancy;wpi
shn ngomba kubimubwira mureba amaso kumaso anyemerere turikumwe cg
akunde turi kumwe gusa yemeye iyo yaba ariyo ntangiriro yubuzima
bwange.kuko hari inzozi nagize turi kumwe na brain nifuzako zaza
impamo Sharmilla;nancy twaganiriye byinshi gusa nkeneye umwanzuro wawe nkandi nonaha
Nancy;ok muriki cyumweru ngomba kubirangiza bizagende uko byakagenze. Sharmilla;kbx niteguye uwo munsi wamateka kuri nancy
Nancy;gusa unsengere mwan
Sharmilla;hari ikintu nibagiwe kukubaza nancy,basi iyo muri kuganira ubona aba akwitayeho?
Nancy;shn
simbizi gusa iyo turi kumwe mbon anseker akanyitegereza mumaso gusa
ntibivuzeko ankunda kuko uko ansekera wasanga arinako asekera abandi
kuko ntacyo mbarusha
Sharmilla;arko nancy kunda uburyo wiyoroshya kbx! Nuburyo abasore bose bagukunda none ngo ntacyo urusha abandi!!!!!
Nancy;ibyuvuga ntabyo uzi kbx wasanga ibyo abandi bambonaho byiza brain we abona arumwanda kuriwe
Sharmilla;shn rek tureker gusa aranyemeje kbx ntawagutsinda nancy.basi reka tuge class
Nancy;yp,but sharmilla make your lips well
Sharmilla;thanks chch!!!
Brain
((ubwo
iminsi yagiye yicuma gakegacye arinako ntekereza abo murugo uburyo
babayeho kumva birandeze . uyu ni umunsi ngiye kubabwira wabaye
uwamateka kuringe aho nabonyeko ibyo natekerezaga byose nibeshyaga cyane
,ibyo nabonaga bidashoboka uwo munsi byarashobotse.ut byangeze gute?
Hari kuw6 amasaha y saa 16:30 zisaga 17:00 narikumwe na nancy turi muri
sport nkibisanzwe nge nawe nagiye kubona aricaye arambwira uti ararushye
ubwo nababayemo gake kuko nabaga mfite icyo nabag ndikwirebera abo
twatangiranye murabyibuka,ubwo twahise tujya munsi ya cyagiti twicaraga
munsi turimo turuhuka gusa twagezeyo mbona nancy atameze neza niko
kumubaza icyo yabaye mbona yikije umutima,ubwo ntangira kumubaza niba
hari ikosa nakoze byatuma andakarira gusa ambwirako ntaryo!!! Arangije
yahise ambwira amagambo nakekagako yambwira kuko numvaga bitashoboka uti
yambwiye iki?? Nancy; brain mbabarira ibyo ngiiye kukubwira ubyakire
neza brain(ubwo yambwiye gutyo numva ngize ubwoba nkekako agiye
kumbwirako yabonye undi mutoza wokumwigisha ngwee ko anyeguje numva
nahita nimanika! Rek dukomeze uko yakomeje avug))
Brain;nubwo byaba bigoranye kubyakira kuba ariwoe nagerageza nkabyakira Nancy;brain ibi ngiye kukubwira mbimaranye igihe kinini kuva nakubona uje hano mukigo Brain;go ahead nancy!be free for me Nancy;brain
urumwe mubahungu nishimiye kuva naza kuriy isi,igihe cyose wambonaga
imbere yawe ngo unyigishe basket suko nashakaga kuyimenya cyane gusa
nabyo byatumye ngera kucyo nashakaga kuko nasanze uyizi nange ngerageza
bituma uhora iruhande rwange numvaga ari byiza kuringe Brain
((ubwo yabivugaga nikiniga kinshi amarira atemba mumaso nkibaza imikino arimo bikacanga gusa ndihagana arakomeza agira ati))
Nancy;brain ntacyo ntakoze ngo mbikwereke ariko ntiwashatse kubibona igihe niki ngo mbikubwire nduhuke, Brain NDAGUKUNDA !!!!
(( wowww))
BRAIN;iryo
niryo jambo narimaze igihe rindemereye kumutima iki cyaricyo gihe ngo
ndivuge brain mbabarira unduhure umutima umpe igisubizo ndacyakira uko
kiri Brain
((ayo
niyo magambo ntakekagako nancy yavuga kuko nibaza igitumye nancy
ankunze ukuntu iwabo ari abagaga nareba uburyo iwacu ntanurwara
rwokwishima bifitiye nkumva birandeze,gusa naketseko impamvu nancy
ambwiyeko ankunda aruko atazi uko murugo tumeze kuko uko yambonag school
bitandukanye nuko murugo tumeze nashatse kumureka ngo atabimenya
akanyanga gusa nsanga naba nkoze amakosa niyemeza kumubwira uburyo iwacu
tubayeho mumwanda wahatari turi abakene bokubabarirwa hato
atanzamvumbura nyuma ugasanga nsize ummwa wabandi mubibazo niyemeza
kubimubwira niba ari ukunda akunde kandi niba ari unyang anyange!!! ))
natangiye
ngira nti”Nancy gukunda sicyaha buri wese arakunda gusa ahari ntuzi uwo
wakunze uko ameze buriya impamvu wankunze nuko utazi background yange
yose niba utanzi neza rekankwibwire ndabinzi shora kurangiza kukubwira
ntakiri kukubona iruhande rwange,Nancy iki nicyo gihe nkwibwire nawe
umenye uwo ndiwe, Nancy
murugo turi abana 3 abahungu 2 numukobw 1 muri family yacu tubayeho
muburyo buciriritse aho burikimwe cyose tukibon twiyushye akuya kandi
harigi nabwo twiyuha akuya ntitubone icyo dushaka murimake nancy ndi
umwana wifuza ikintu ntakibone kuber kubur ubushobozi,ndi umuntu
utagurira umukunziwe icyo yifuza ndi umuntu utazabonana udushya twinshi
ndavug ikweto zigezweho nimyenda gusa kuba utabimbonana suko bita mbera
kandi sinuko byanga ahubwo nubushobozi buke.ndi umuntu wmagendana
akagutera ipfumwe mubandi kuko aho bavuga ibigezweho ndibura kuko
sinabona aho mbimenyera,ndi umuntu ushobor kumara ukwezi cg umwaka
ataragira ikintu nakimwe agurira umukunziwe kirenze cg se kumuha impano
ihenze kuber ubukene bwange ni wacu!! Murimake nancy uko nteye ntago
nduwo gukundana nawe kuko urwego uriho nurwo iwacu bariho ntaho bihuriye
pe,kuko ushobora kuza murugo wabona inzu yacu ukibaza niba ari ikiraro
niba ukizi simbizi!!!kandi nancy sinterw isoni nibyo nkbwiye kuko buriya
hari impamvu Imana yabishatse ko tumera kuriya.ese nancy ugendeye
kwibyo byose nkubwiye urumva uribukomeze kunkunda mubyukuri!!!kandi pe
ndabyumva unkatiye waba ufite ishingiro kuko iwanyu muri abaherwe noneho
nikiyongereyeho urimwiza bose bifuza utankunze nabyumva pe kuko
atareshya ntaramukanya!!! Nancy genda ubitekerezeho neza uzambwira nyuma
kandi I’m waiting your answer”
Brain((nkimara
kumubwira ibyo byose nahise mbona ahindutse mumaso ntangira kwicuza
igitumye mbivuga kuko bisa nkaho nari nikuye amata mukanwa kuko yandebye
bitandukanye nuko yajyag andeba mbona ahinduye isura!!! Mugihe
ngitekereza ibyo nagiye kubona nancy arandebye mu masohe hijimye byasana
ndamvuganti amenye uwo ndiwe none ngiye gukubitw urushyi 2!!! Ngiye
kumva numva aravuze ati…………………
Next Season and Next Epsode.ese urakeka nancy yarambwiye iki?? Ese azemera gukomeza kunkunda cg arahita ahindura intekerezo Season 2 ntibacike Like,Comment na Share mpite Nkomeza Season II
AUTHOR; Elysee Mascot
Comments
Post a Comment