L'AMOUR DU PAUVRE Season 1 EPISODE 5

Duheruka muri epsode ya 4 Peter aje adusanga numujinya mwinshi cyane twibaza icyo agiye gukora.......twakomeje naho twari tugeze...

L' AMOUR DE LA POUVRE

EpsodeⅤ
Ubwo peter yahise afata nancy ukuboko amwegeza hirya gusa ubona yarakaye byahatari ahiya amubwira uti: peter; nancy icyo wansabye nsinkigukoreye x harikindi umbaza(abimubaza ubona afite umujinya mwinshi byasana) Nancy;yego wabikoze ahubwo thank peter. Peter ubwose nancy ntakintu uribumarire nancy;peter ntukangore niba wankoreye service ntaguhatirije ntampamvu yokunsaba feedback!! do you get me? peter;saw to numvishe buriya ubutaha sinzongera kbx guhubuka nancy;cyane rwose!ahubwo urabonako brain ari wenyine reka nkureke tuzasubira.

 ((ubwo nancy yahise aza twikomereza story gusa nanga kumubaza impamvu yarebanaga na peter nabi kuko ibyabo sinarimbizi bigiye kure)) 

Nancy;urabikoze brain congz kbx. 
Brain;ibyo nkoze byose mbikesha woe Nancy. Nancy;kuber ik aringe Brain;amagambo wambwiye niyo yatumye nkora biriya byose nakoze mukibuga.kuko nayibukaga nkumva ngize courge.ahobwo merci nancy. Nancy;sh nge mbona ntabirenze nakoze ahubwo amashimwe yose akwiriye woe Brain;ntacyo reka ibyo tubireke.ahubwo niba uzi umuntu wansabiye umukino wamumbwiye nkamushimira byasana nkamutura iyi ntsinzi kuko niwe uyikwiriye kbx kandi atumye mbona ijambo muriki kigo Nancy;ndamuzi ariko sinamukubwir Brain;Mbabarira umumbwire icyo unyaka cyose ngishoboye ndakiguha. Nancy;ndabon abakinnyi baje reka muganire ndamukubwir everning sibyose. Brain;ntaribi2 gsa ntumbeshye. 

((ubwo nancy yaragiye nange nahise negera coach nabandi barikumwe nawe harimo na animateur nabandi bakinnyi.ubwo animateur yafashe ijambo agira ati''  

Mubyukuri iyinstinzi tuyivanye kure ndakeka buri wese yari yamaze kwiyakirako byarangiye ariko ibuye twajugunye niryo ryakomeje imfuruka brain wumveko tugushimiye cyane kugiticyange ndagushimiye kandi ndakeka nubuyobozi bwikigo buza kugushimira byumwihariko gusa hagati aho master nimugoroba aragushaka.kandi brain ubu ubaye incuti yange magara kuko umpesheje ishema muriki kigo bivuzengo icyo uzajya unsaba cyose nzajya kiguha mbaye ngifite''.

Ubwo animateur yamaze kuvuga gutyo mpita mubwir Ntiu '' animateur ntakibazo ngufiteho kuko ntago wigeze umbona narimwe nkina kugira ube wanyimye umukino mbere ubishaka ahubwo ndagushimiye kuba watumye nigaragaza nkaba mbaye icyamamare muri st family yose.

Ubwo tugeze mukigo dusanga izina riri kuvugwa ari brain brain ubwo mikigo cyose nahise mba umwami mbamurumwe mubavuga rikijyana mikigo mbese ikigo gitangira kundyohera.twakomeje ako nagaciyemo ubwo nahise njya domitory kwitegura kuko goroba nari buhure na master kandi na nancy yambwiyeko goroba ambwira wamuntu watumye nerekana impano yange.ubwo niteguye vuba vuba ndazamuka

Master'office

Master;bite sh brain. Brain;nibyiza master;kombona se wifunze nkaho urimo untinya humura rwose guhera uyumunsi ntuzongerekuntinya kuko ubu uri nkumwana wange brain Brain;erega aba master muba muteye ubwoba Master;yeah gusa woe uge unyisanzuraho ntakibazo brain Brain;ubwo munyemereye nzajya mbisanzuraho ntakibazo kandi murakoze master. Master;ntakibazo nonese brain murugo nihe?  

Brain((ubwoyambajije murugo mubwira uko iwacu tubayeho mubuzima bubi cyane abo twatangiranye story murabizi cyane ambaza niba narknsanzwe gukina damubwira aranginje ampa 20k rwf ahita ambwirako igihe cyose nzaba nifuza kumusura nge musanga muri office ntaribi. 

Ubwo izo 20000 bampaye bari bankuye aho umwami yakuye busyete kuko twari kunkoni byatari ntabukaro twari dufite gusa nibutseko dufitanye gahunda na nancy mpita nsezera master ngeze haze umuntu yanturutse inyuma amfata munda kuko twari dufitanye gahunda na nancy ubwo naketseko ari nancy mpita mvuga ati"Nancy ndekura nakumenye"gusa natunguwe nogusanga atariwe ahubwo nsanga ni keza  

Keza;brain uratsinzwe kbx ufoye nabi Brain;keza bite ko mbona noneho unyitwayeho bidasanzwe uko usanzwe Keza;ntakidasanzwe ahubwo narije kukubwira congs kubyo wakoze Brain;merci2

(ubwo mugihe turimo tuganira na keza nabonye nancy ariguturuka hirya atubonye ahita asubirayo gusa ubona yijimye mumaso.nange ntakindi nakoze nahise mbwira keza uti: brain;sh hari gahunda narimfite reka tuze gusubira. 

Keza;ntakibazo2 turikumwe brain;

((ubwo twaratandukanye gusa ubona keza atabishaka gusa ntakundi narikubigenza kuko nashakaga kumeny umuntu watumye njya mukibuga kandi kumumenya nuko nari guhura na nancy ubwo nahise nzamuka nerekeza aho nancy yagiye agana Musanga yicaye munsi yigiti  

Brain;hi Nancy;hi. Brain;ko waruje unsanga ugahita usubirayose nancy Nancy;nonese ko narimbonye urikumwe nundi x!!urumva narikuza ku avundira nzi icyo mwaganiraga

(gusa abivuga nkuwafushye kbx)!! Brain;puu keza ntaribi turigana yaraje kumbwir congs ntakindi. Nancy;umuntu ukubwira congs mumarana igihe kingana kuriya Brain

((nibajije ikintu gituma uyu mukobwa akomeza ku control kandi kandi ntanikijya mbere hagati yacu nkumva birancanze.basi iyaba turi kurugero rumwe narigutekerezako ankunda gusa nancy sinari nogufungura udushumi twinkwetoze kuko yari umwan ufite ubwiza budasnzwe kandi niwabo ibiceri bari nabyo kandi iwacu rwakingaga barindwi kbx.gusa sinabitindaho mpita mubwira uti tubireke)) 

Brain;rek tubireke unyibwirire icyaduhuje.basi mbwir wamuntu Nancy;nari bumukubwire ariko ndabihinduye ntabyo nkubwir kuko wandakaje. Brain;gute Nancy;wantindije hano waje bitinze"gusa yabivuze asek ubon ari blague" Brain;puu nibyo ngaho ngusabye imbabazi sorry bb Nancy;araseka!!!sh brain biravakure kbx Brain;ngaho mbwira niba umbariye. Nancy;ndakubabariye Brain;thx.ngaho mbwira wamuntu. Nancy;urumva ufite amatsikose? Brain;cyane rwose. Nancy;numumeny uramuha iki x? Brain;icyo ashaka cyose ndakimuh kbx Nancy;sure Brain;sure Nancy;uwo muntu murahorana kandi murikumwe aha wicaye kandi muri nokuganira umureba mumaso!!! Brain

((yambwiye utyo mpita musimbukira ndamuterura ndamusegurutsa mufashe munda kuburyo uwari butubone yarikugirango turi murukundo nawe.numvishe nishimye cyane ntangira gushima Imana yatumye mwigisha gukina kuko narinzi nezako aricyo gituma ankorera ibyo byose.kuko ntakindi narimfite yari kuba anshakahokbx.ubwo nahise mubwira Nti.......next epsode LOADING.........

Like                                   Comment                         and                         Share

AUTHOR:ELYSE MASCOT
PROMOTED BY:MADE IN HEAVEN
www.irothegreat.blogspot.com 

Comments

Popular posts from this blog

L'AMOUR DE LA PAUVRE

L'AMOUR DU PAUVRE Season 2 EPISODE 2